skol
fortebet

Itangazo: KTN Rwanda irashaka Company yo gukorana nayo mu gupima no gukata ibibanza

Yanditswe: Friday 13, Mar 2020

Sponsored Ad

skol

KTN Rwanda, socite isanzwe icunga ikanagurisha imitungo itimukanwa irimo amazu ndetse n’ibibanza iramenyesha abantu bose babyifuza kandi babifitiye ubushobozi ko ishaka company cyangwa umuntu ku giti cye b’inzobere kandi babifitiye uburambe bo gukorana nabo mu gupima no gukata ibibanza KTN Rwanda iba igurisha.

Sponsored Ad

Ababyifuza bakaba basabwa kohereza ibyangombwa byabo mu mabaruwa afunze aho KTN Rwanda ikorera mu nyubako za Down Town mu mujyi mu muryango wa F3-19, uzamukiye ahegereye aho imodoka zijyana abagenzi I Nyamirambo zisohokera.

Ibyangombwa bikaba bikubiyemo icyangombwa cy’ubucuruzi cya RDB, umwirondoro wa Company ndetse n’urutonde rw’abakozi ifite isanzwe ikoresha iyo mirimo.

Ibi byangombwa bikaba bigomba kuba byageze ku biro bya KTN Rwanda bitarenze kuwa gatanu taliki 20/3/2020 Saa kumi n’imwe z’umugoroba. Abo KTN Rwanda izatoranya bakaba bazahamagarwa ngo bumvikane ku mikoranire.

Ku bindi bisobanuro mwaduhamagara kuri nomero ya telephone igendanwa
0783001414 /0738767519

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa