skol
fortebet

Bisaba kuwukoresha rimwe gusa!Habonetse umuti wongera ubushacye mu gutera akabariro

Yanditswe: Tuesday 25, Jul 2023

featured-image

Sponsored Ad

skol

Ku munsi wakabiri cyangwa uwagatatu imisemburo ifasha mugutera akabariro iba yongeye kuzamuka,ugatera akabariro ufite imbaraga kandi nturangize vuba.
Gushaka gukora imibonano mpuzabitsina ni ubushake karemano bufite imbaraga buba mu mubiri w’ibinyabuzima byaremewe kororoka bukaba hagati y’ikigabo n’ikigore.
Imibonano mpuzabitsina ni kumwe mu bintu umubiri ukorana amarangamutima y’ibyishimo arihejuru cyane.
Umuntu wagize ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina ashobora gutanga ikiguzi (...)

Sponsored Ad

Ku munsi wakabiri cyangwa uwagatatu imisemburo ifasha mugutera akabariro iba yongeye kuzamuka,ugatera akabariro ufite imbaraga kandi nturangize vuba.

Gushaka gukora imibonano mpuzabitsina ni ubushake karemano bufite imbaraga buba mu mubiri w’ibinyabuzima byaremewe kororoka bukaba hagati y’ikigabo n’ikigore.

Imibonano mpuzabitsina ni kumwe mu bintu umubiri ukorana amarangamutima y’ibyishimo arihejuru cyane.

Umuntu wagize ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina ashobora gutanga ikiguzi gihenze kurusha icyo yatanga mugihe afite inyota cyangwa inzara,gusa itandukaniro ni uko inzara cyangwa inyota byakwica ugapfa mugihe uwifuza imibonano mpuzabitsina atakwicwa na byo ,nahubundi imibonano mpuzabitsina nicyo kintu umubiri w’umuntu ararikirana amarangamutima arihejuru cyane kugeza ubwo binanira benshi kwi controla(self control) imbere yabo bifuzaho gikorana imibonano mpuza bitsina.

Agace kaba mu bwonko bw’umuntu gashinzwe gutanga amakuru mu muntu ajyanye n’inzara n’inyota kitwa Hypothalamus ni nako gatanga amakuru y’uko hari icyifuzo cyo gukora imibonano mpuzabitsina,amakuru kayohereza mu gice gishinzwe imyororokere (reproductive system) aha ku mugabo ni igice kigizwe n’amabya, imboro n’utundi duce nka prostate, muri ibi bice by’amabya ninaho hakorerwa imisemburo ya testosterones .

Iyo amakuru aturutse muri hypothalamus ageze mubice by’imyororokere by’umugabo agasanga hahagaze neza imisemburo iri gukorwa neza,ibice by’imyorokere bihita byerekana ko byiteguye ariho uhita wumva imboro igize umushyuko, noneho amasohoro arimo intanga agatangira kwirunda muri prostate,iyo komande (command) y’ubwonko ikorana neza n’ibi bice birimo na prostate nibwo habaho igihe kiza gikwiriye cyo gusohora amasohoro mugihe nyacyo umuremyi aba yarageneye icyi gikorwa, bityo ugasanga umuntu arakora imibonano mpuzabitsina hakabaho umwanya wokwishimira uburyohe bwayo mu gihe gihagije atari ugukozamo ngo uhite usohora mu munota umwe cyangwa ibiri.

Byibuze guhera ku munota itanu ku banyantegenke kuzamura kugeza byibuze ku minota makumyabiri ,nubwo hari ubwo uba ufite umugore utinda kurangiza ariko byibuze iminota itanu irahagije ngo abe yumvise uburyohe bw’imibonano mpuzabitsina.

Umugore utarongowe igihe gihagije hari amavangingo atabona uburyo asohora neza bityo bikaba byamuviramo indwara no kumva ataguwe neza mu mubiri we (kurwara imigingo,ibibyimba muri nyababyeyi nubwo bishobora guterwa n’ibindi byinshi ).

Umugabo akwiye kugira imbaraga zihagije nk’uko Imana yabigennye agakora imibonano mpuzabitsina n’uwo bashakanye kugeza ubwo umugore wawe agushimira igikorwa umukoreye.Iyo urangiza vuba cyangwa ukumva ugira ubushake buke ukwiye kwivuza kandi ukitondera aho wivuza kuko benshi batanga ibitagira icyo bifasha nagato.

Muri BE HEALTHY hari umuti utunganije neza kuburyo ukosora ibibazo umugabo ashobora kugira bigatuma abura ubushake buhagije bwo gukora imibonano mpuzabitsina cyangwa akayikora mu gihe gito.

Uyu muti ufite ibihamya bihagije abo twawuhaye bose bari mu mashimwe kuko utangira kuwufata ku munsi wambere wagera byibuze ku munsi wa gatatu bitinze ukumva ufite imbaraga zihagije zo gukora imibonano mpuzabitsina ndetse n’abageze mu zabukuru ubahambaraga bakaziyumvamo bagakora umwanya uhagije .

Waduhamagara kuri Tel:0788570346 iri no kuri whatsapp
Dukorera ku Gisozi hafi na ULK munsi ya hotel Mdras
Nta muntu uzaza muri BE HEALTHY ngo yicuze .

Ibitekerezo

  • Umunyu uwushaka Ari mu ntara yawubona ate

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa