skol
fortebet

Ihere ijisho uburanga bw’umunyarwandakazi umaze kwigarurira imitima y’ibyamamare birimo Drake na Harmonize[AMAFOTO]

Yanditswe: Friday 11, Aug 2023

featured-image

Sponsored Ad

skol

Reba uburanga n’imiterere bidasanzwe by’umunyarwandakazi ukunzwe n’ibyamamare birimo Diamond na Drake na Harmonize.

Sponsored Ad

Kugira ubwiza burangaza benshi ndetse nimiterere ikurura benshi bigahuzwa no kwibanda mugukoresha imbuga nkoranyambaga nibyo byatumye umukobwa uzwi nka YOLO THE QUEEN ku mbugaze nkoranyambaga agaragarizwa urukundo n’ibyamare bikomeye cyane nka DIAMOND Platnumz ndetse n’umuraperi ukomeye cyane ku Isi DRAKE ndetse n’uwo bari murukundo rw’imbitse Harmonize.

Yolo The Queen kandi ari mu munyenga w’urukundo na Harmonize uherutse no ku muha impano y’imodoka yo mu bwoko bwa Range Rover.’’

Ntabwo ari abo gusa bamukurikira kuko nabandi benshi bingeri zitandukanye baramukurikira ndetse usanga badahwema no kumugaragariza ko bamukunze ’LIKE’ banyuze kurizo mbuga nkoranya mba ze.

Ahanini uyu mukobwa w’umunyarwandakazi mu bintu bituma akunzwe cyane n’ibyamamare ku mbuga nkoranyambaga nka Instagram,harimo imiterere y’umubiri we ndetse n’uburanga bwe butangarirwa n’abatari bake.


Yolo ni umwe mu bakobwa bake b’abanyarwanda bigaragaje ku mbuga nkoranyambaga ko bakunzwe n’ibyamamare ku Isi,nyuma ya ShaddyBoo na Kate Bashabe,kuko nabo byagiye bigaragara ko bakundwa n’ibyamamare byiganjemo n’abakinnyi bo mu makipe y’umupira w’amaguru akomeye yo ku Isi.


Ibitekerezo

  • Reka nanjye mbanze nko ikof nanjye nze nkukunde

    Tubashimiye ibyizamutugezaho
    0799384658
    Niyange

    Amakuruyokurongo ra

    hkr imana izikuremapee!

    Ntabirenze nibisanzwe

    Uwo mwaro w u Rwanda jyewe mbona yarafashwe na Harmonise kuko atakwitesha iriya Range Rover igurwa amamiiriyoni menshi

    Uwo mwaro w u Rwanda jyewe mbona yarafashwe na Harmonise kuko atakwitesha iriya Range Rover igurwa amamiiriyoni menshi

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa