Umugore nyuma yo gutangaza ko amaze kuryamana n’abagabo 10.091 ubu noneho ngo ari gushaka umukunzi
Yanditswe: Sunday 07, May 2017
Amazina ye yitwa Elite Escort Gwyneth Montenegro akaba akomoka muri Australia akaba amaze gukorana imibonano mpuzabitsina n’abagabo bagera ku 10.091 ariko ubu noneho ngo arashaka uwo bakundana kuko ngo amaze imyaka itatu yararetse umwuga w’uburaya.
Gwayneth Montenegro akaba yaratangiye umwuga w’uburaya afite imyaka 12 y’amavuko gusa,kuko we icyo ngo yishimiraga kwari ugukora imibonano mpuzabitsina gusa.
Uyu mugore akaba yarashyize igitabo cye hanze yise “10,000 Men and Counting”,muri iyo (...)
Amazina ye yitwa Elite Escort Gwyneth Montenegro akaba akomoka muri Australia akaba amaze gukorana imibonano mpuzabitsina n’abagabo bagera ku 10.091 ariko ubu noneho ngo arashaka uwo bakundana kuko ngo amaze imyaka itatu yararetse umwuga w’uburaya.
Gwayneth Montenegro akaba yaratangiye umwuga w’uburaya afite imyaka 12 y’amavuko gusa,kuko we icyo ngo yishimiraga kwari ugukora imibonano mpuzabitsina gusa.
Uyu mugore akaba yarashyize igitabo cye hanze yise “10,000 Men and Counting”,muri iyo mihango akaba yaratangarije ikinyamakuru cya Daily Mail Australia muri Kamena,ko ngo afite imyaka 36 y’amavuko hari abantu bagera kuri 80 bamusabye gushyingiranwa ariko akabangira.
Mu mwuga we,ngo yacaga amadorali y’amerika angana na 500 kugeza ku 1,000 mu isaha gukorana imibonano mpuzabitsina n’umunyamategeko,umunyapolitiki ndetse n’umunyamuziki.
“Hariho abantu bakora uriya mwuga bafite abo bakundana nabo,ariko njye narabigeragezaga bikanga,kuko njye nari narihaye intego yo kutagira icyo mvanga n’umwuga wanjye,uretse ko nanabigerageje birananira pe”
“Ariko ubu nsigaye naramenye akamaro k’abagabo kurusha mbere uko nabyiyumvishaga,ubu noneho nakunda,gusa nta bunararibonye buhagije mfite mucyo mwita urukundo nyarwo cyangwa uko umera kugira ngo unjye mu rukundo wese,ari nayo mpamvu ubu ndigushaka umukunzi noneho ibindi bikazagenda biza buhoro buhoro”.
Ibitekerezo
Bukorikori bwa NZIKORAHO nateremo umva ko baca imbyaro badaca ...........!!!!
Muraho neza ndumva uwomukobwa kuba avuye muruwomwuga haricyo yahindutseho mwampuzanawe tukaganira bikunze twahuza murakoze
Abasore bashaka umukobwa weze kandi ufite uburambe nor l kumenya abagabo benshi(inini n’intoya)mwapiganirwa uriya mukobwa namwe mukijumburira.