skol
fortebet

Dore uburyo bworoshye bwagaragajwe bw’uko umukobwa watakaje ubusugi yabwisubiza bitamugoye[AMAFOTO]

Yanditswe: Wednesday 17, Oct 2018

Sponsored Ad

skol

Burya gutakaza ubusugi biroroha ariko kugira ngo umuntu yongere abusubirane ntibyoroshye, aha twabashakiye uburyo umukobwa watakaje ubusugi yakoresha akongera akisubiza ubusugi bwe.

Sponsored Ad

.Uburyo bwa gakondo umukobwa yakoresha akisubiza ubusugi mu gihe yabutakaje
.Ibyafasha umukobwa kwisubiza ubusugi
.Ese birashoboka ko umukobwa watakaje ubusugi yabusubirana

Uko umugore akora imibonano mpuzabitsina kenshi niko igitsina cye cyiyongera mu bunini iyo bikabije bikaba bishobora no kuviramo ko umugabo atamwifuza cyane kuko uko byamuryoheraga bakibikora bwa mbere siko bikimeze.hari ibinini ushobora kunywa ku buryo ugitsina cyawe cyongera gusubira bushya gusa iyo miti ishobora kugutera ibibazo niyo mpamvu hano tugiye kuguha uburyo gakondo wakoresha igitsina cyawe kigasubira kuba gito kandi bikakurinda n’izindi ndwara cyangwa kuba hari umwuka mubi usohoka mu gitsina cyawe.

Hari ibimera 7 bikoreshwa cyane mu kugabanya ubunini bw’igitsina cy’umugore ariko kimwe cyonyine nicyo kiboneka mu Rwanda.

Iki ni ikimera kizwiho ibintu byinshi cyane cyane mu gukiza indwara zitandukanye.igikakarubamba gifite ububasha bwo kugabanya ubunini bw’igitsina kikaba gito kandi gituma uzana ububobere mu gitsina cyawe kikaba cyanagukiza izindi ndwara nk’uduheri tujya tugararagara mu gitsina cy’umugore bitewe wenda n’uko yihanaguje ibintu bidasukuye cg ibindi.

UKO GIKORESHWA

Fata amazi y’igikakarubamba ubundi uko ugiye koga uyasige mu gitsina cyawe ugitangira koga,igihe urangije koga ahantu hose fata amazi meza woze mu gitsina cyawe udakoresheje isabune cyangwa ikindi kintu.numara koga neza wihanagure,ibi ujye ubikora buri munsi ugiye koga bizatuma igitsina cyawe gisubirana kibe gito kandi kigire umuhumuro mwiza ndetse n’ubuzima bwiza.

Ibitekerezo

  • Murakoze ariko se ko numva igikakarubamba gisharira nticyambabaza mugitsina?

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa