skol
fortebet

IJAMBO RY’ UMUNSI MUGEZWAHO NA NEMI TV: Inyigisho y’uyu munsi iragira iti "Iwacu h’iteka"/ Part 1

Yanditswe: Wednesday 08, Apr 2020

Sponsored Ad

Ijambo ry’Imana mugezwaho buri munsi na Nemi Tv, kora Subscribe kuri iyi channel kandi usangize abandi ubu butumwa bwiza. Imana ibahe umugisha
Inyigisho y’uyu munsi ni igice cya mbere cy’inyigisho igira iti: "Iwacu h’Iteka". Yikurikire hano hasi:
Ibi mubigezwaho na Nibintije Estache mw’ Izina rya NEMI
Wifuza gufashwa mw’ Ijambo ribohora watwandikira kuri WhatsApp nomero: +14123265034
Ikitonderwa: Izi nyigisho zitambutswa ku kinyamakuru Umuryango zarishyuriwe na Past Nibintije Estache. (...)

Sponsored Ad

Ijambo ry’Imana mugezwaho buri munsi na Nemi Tv, kora Subscribe kuri iyi channel kandi usangize abandi ubu butumwa bwiza. Imana ibahe umugisha

Inyigisho y’uyu munsi ni igice cya mbere cy’inyigisho igira iti: "Iwacu h’Iteka". Yikurikire hano hasi:

Ibi mubigezwaho na Nibintije Estache mw’ Izina rya NEMI
Wifuza gufashwa mw’ Ijambo ribohora watwandikira kuri WhatsApp nomero: +14123265034

Ikitonderwa: Izi nyigisho zitambutswa ku kinyamakuru Umuryango zarishyuriwe na Past Nibintije Estache. Umuryango ntubazwa igice cg byose mu bikubiye mu nyigisho mu gihe hari uwo byagiraho ingaruka izo arizo zose.

Ibitekerezo

  • Nibyiza ko tukwiye guharanira ubutunzi bwo mu ijuru kurusha ibindi byose kuko ibyi isi byose Ni ubusa Kandi bizashirana nayo bityo rero nimuze tuharanire ubutunzi bw’ijuru kuko buzaramba iteka ryose nkomeza gushimira cyane NEMI TV ku ijambo ry’Imana itugezaho burimunsi , Imana ibahe umugisha

    Urakoze Pastor.Reka nkunganire.Nibyo koko,abantu benshi,biganjemo Abakristu n’Abaslamu,bavuga ko "Iwabo ari mu Ijuru".Ntabwo Bible ivuga ko abeza bose bazajya mu Ijuru.Muli 2 Petero 3:13,havuga ko "dutegereje isi nshya n’ijuru rishya".Muli Imigani 2:21,22 havuga ko ku munsi w’imperuka,Imana izakura mu isi abantu babi bose,igasigaza mu isi abantu beza gusa bumvira Imana.Muli Zaburi 37:29,havuga ko Abakiranutsi bazatura mu isi iteka ryose.Ndetse muli Matayo 5:5,Yesu ubwe yavuze ko abantu beza bazatura mu isi.Muli make,nkuko twabisomye hejuru,hazabaho Ijuru n’ISI izaba paradizo,itagira ikibazo na kimwe.Nkuko Daniel 7:27 na Ibyahishuwe 5:10 havuga,abantu bazajya mu ijuru bazaba "Abami n’Abatambyi",hanyuma bategeke ISI izaba Paradizo.Ntabwo Bible ivuga ko abeza bose bazajya . Ni ikinyoma.Biterwa nuko abantu batazi neza ibyo Bible yigisha.Soma witonze imirongo ya bible yatanzwe.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa