skol
fortebet

Politiki

Guterres unengwa kutagira ijambo mu ntambara yinjiye mu kibazo cy’intambara ya Israel na Hamas

Umuyobozi w’Umuryango w’Abibumbye Antonio Guterres, yongeye guhamagarira Israel na Hamas muri (...)

Igitero cy’i Goma cyatumye Tshisekedi ava i Burayi igitaraganya atarangije uruzinduko

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yavuye i Burayi (...)

Perezida Tshisekedi yemeje ko azatsinda bidasubirwaho M23

Perezida Tshisekedi yatangarije umuryango w’Abanyekongo baba mu Bubiligi ko intambara ingabo ze (...)

Tshisekedi yatwerereye u Rwanda Karidinali Ambongo wamunenze mu ruhame

Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo Félix Tshisekedi, yavuze ko ategereje kuri (...)

RDC: ikiciro cya 2 cy’amatora gisize Kivu y’Amajyepfo ibonye Guverineri mushya

Nyuma y’uko muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo habaye icyiciro cya Kabiri cy’amatora (...)

Amerika igiye kugira icyaha imvugo ishinja Abayahudi kwica Yezu

Bamwe mu badepite bo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bakoze umushinga w’itegeko, aho kuvuga (...)

Israel ikomeje kwamaganwa, ubu Turkiya yahagaritse ubucuruzi yagiranaga nayo

Turkiya yahagaritse ubucuruzi bwose na Israel kubera igitero yagabye muri Gaza, ivuga ko (...)

Perezida Ruto yashyizeho umugaba w’Ingabo mushya usimbura uwahitanwe n’indege

Perezida William Ruto wa Kenya yazamuye Charles Muriu Kahariri ku ipeti rya jenerali anamugira (...)

M23 yahakanye amakuru ayishinja ko yafashe Rubaya ngo icukure Coltan ihari ku bwinshi

Umvugizi wa gisirikare w’umutwe wa M23 yabwiye BBC ko bafashe umujyi wa Rubaya muri teritwari ya (...)

Perezida Ruto yemeye gusengera abaturage babimusabye nyuma yo kuzahazwa n’ibiza

Perezida wa Kenya, William Ruto yasuye abaturage bo mu Gace ka Mai Mahiu basizwe iheruheru (...)

Umuntu wa mbere wimwe ubuhungiro mu Bwongereza yoherejwe mu Rwanda ku bushake

Ubwongereza bwohereje mu Rwanda umuntu wa mbere bwimye ubuhungiro, bijyanye na gahunda yo (...)

Perezida Macron yabwiye Tshisekedi wamusuye amagambo yashakaga kumva

Kuri uyu wa kabiri, Perezida w’Ubufaransa, Emmanuel Macron, yatangaje ko u Rwanda rugomba (...)

U Bushinwa bwateguje Amerika ko buzihorera nikomeza kubangamira inyungu zabwo

Guverinoma y’u Bushinwa yateguje Leta Zunze Ubumwe za Amerika ko izihorera mu gihe zakomeza (...)

Perezida Tshisekedi yirengagije ukuri mu gusobanura impamvu RDC yanze kwambura intwaro ExFAR

Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo,Felix Tshisekedi yavuze ko mu myaka 30 ishize, (...)

U Rwanda rwasubije RDC yarushinje kugurisha amabuye yayo muri Apple

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda Madame Yolande Makolo,yavuze ko ibirego leta ya Kongo iheruka (...)

0 | 15 | 30 | 45 | 60 | 75 | 90 | 105 | 120 | ... | 2340