skol
fortebet

URUKUNDO

Utuntu duto abantu batazi twangiza igikorwa cyo gutera akabariro hagati y’abashakanye

Iyi nkuru iragufasha kumenya uko wakwitwara mu gikorwa cyo gutera akabariro hagati y’abashanye (...)

Dore ibiranga umukobwa w’umutima uzavamo umugore mwiza

Gushyingiranwa n’umuntu mukagira umuryango mwiza ni kimwe mu bintu byiza biba mu buzima (...)

Dore ahantu 3 abakobwa bakwiriye kurinda cyane igihe bari kumwe n’abasore

Ubusanzwe igitsinagore ni impano ikomeye Imana yahaye abagabo. Biragoye ko wabona umugabo (...)

Abasore: Dore amayeri 4 yagufasha kwambura umukobwa abandi basore ukamugira uwawe wenyine

Mu rukundo habamo guhangana byiza aho umusore akora uko ashoboye kugira ngo yigarurire umutima (...)

Abasore: Dore ibyo ukwiye kugenzura kuri wowe mbere yo gutereta umukobwa niba utifuza guterwa indobo

Hari ibintu umukobwa wese yitaho cyane mbere yo kwemera kujya mu rukundo n’umusore runaka, (...)

Ibi nibyo bizakwereka ko uwo mwashakanye agikunda uwahoze ari umukunzi we(Ex-Boyfriend)

Hari igihe umuntu agira umukunzi mu buzima bagatandukana baba barabanye cyangwa se batarabana (...)

Ibi nibyo bintu bike by’ibanze ukwiye kugira kugira ngo igitsina gore kikubahe

Hari abagabo ujya wumva bijujutira abagore cyangwa abakobwa batandukanye ngo ntibabubaha (...)

Abasore: Umukobwa nakubwira aya magambo uzamenye ko yamaze kukubenga bucece

Burya mu rukundo si ngombwa guhendahenda kuko rugenda rwizana buhorobuhoro bityo umukobwa (...)

Mukobwa! Dore ibintu 5 ugomba kugira ibanga mu rukundo rwawe n’umukunzi wawe

1.Imyitwarire idahwitse Bamwe mu nshuti zawe bashobora kwibonera imwe mu myitwarire y’umukunzi (...)

Aya niyo amagambo aryohera abagabo iyo bayabwiwe n’abagore babo

Ubusanzwe abagabo bakunze kugaragara nk’abatagira ikintu na gito bitaho, gusa imbere muri bo mu (...)

Inkuru y’igitondo! Dore amagambo 6 meza wabwira umukunzi wawe akiriranwa akanyamuneza

Ururimi ni ingenzi cyane mu rukundo. Nk’ uko interuro mbi ituma umukunzi wawe akurakarira, ku (...)

Reba ibintu bizakwereka ko umukobwa mukundana nta mpuhwe akugirira

Hari abasore benshi bajya batakaza amafaranaga atagira ingano bitewe n’abakobwa baba (...)

Menya amagambo meza 40 wabwira umukobwa mukundana uyu mwanya akazagukunda iteka ryose

Ndabizi ko ukunda umukunzi wawe cyane, ariko wabuze amagambo wakoresha ukabasha kumusobanura (...)

Reba abasore umukobwa akwiriye kwirinda mu rukundo

Umuhanzi nyakwigendera Matata Christophe niwe wagize ati”Amaso akunda ntabona neza”. Nubwo ariko (...)

Reba inshuti 5 udakwiye kwibeshya ngo ugishe inama mu rukundo

Kugira inshuti ni ngombwa kandi byiza ariko siko zose ugomba kuzizera ku buryo wazibwira ibyawe (...)

0 | 15 | 30 | 45 | 60 | 75 | 90 | 105 | 120 | ... | 300