Mu mahanga
Guhirika ubutegetsi byongeye kuvuza ubuhuha muri Afurika hari icyo bizamarira abaturage? UBUSESENGUZI
Yanditswe: Saturday 05, Aug 2023
Coup d’Etat zongeye kuvuza ubuhuha muri Afurika Abasilikare birukana Abasivili ku butegetsi babashinja kuba ibikoresho bya Mpatsibihugu! Ariko se, kwishimira ibi bikorwa si nko kuba inkende zakwishimira ko nyir’Umurima wazibuzaga kona yapfuye ariko umwaka utaha zikazinga ntawe uri kuzibuza kona ariko nanone aho zonaga hadahinze?
😳Abari gufata ubutegetsi bubatse imbaraga zizagira icyo zihindura? Ese bashyigikiwe na nde?
Reba byinshi utamenye muri iki kiganiro:
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *