skol
fortebet

“Nakundaga Perezida Museveni akiri umukene” Dr Kizza Besigye

Yanditswe: Monday 12, Dec 2016

Sponsored Ad

Dr Kizza Besigye wahataniraga na Perezida Museveni intebe y’ umukuru w’igihugu mu matora yabaye mu mwaka ushize wa 2015, yavuze ko urestse kuba yari umurinzi wa Perezida Museveni ngo yanamukungaga akiri umugabo w’ umukene.
Ibi Dr Besigye yavuze kuri uyu wa 11 Ukuboza 2016 mu muhango wo gushyingura Emmanuel Bukenya, mu mudugudu wa Mayira mu karere ka Lwengo.
Yagize ati “Ntabwo nari umurinzi we gusa, ahubwo naranamufashaga igiheyari akiri umugabo w’ umukene”
Si ubwa Dr Besigye avuze aya (...)

Sponsored Ad

Dr Kizza Besigye wahataniraga na Perezida Museveni intebe y’ umukuru w’igihugu mu matora yabaye mu mwaka ushize wa 2015, yavuze ko urestse kuba yari umurinzi wa Perezida Museveni ngo yanamukungaga akiri umugabo w’ umukene.

Ibi Dr Besigye yavuze kuri uyu wa 11 Ukuboza 2016 mu muhango wo gushyingura Emmanuel Bukenya, mu mudugudu wa Mayira mu karere ka Lwengo.

Yagize ati “Ntabwo nari umurinzi we gusa, ahubwo naranamufashaga igiheyari akiri umugabo w’ umukene”

Si ubwa Dr Besigye avuze aya magambo kumuri muri Mutarama 2016, ubwo yari mu bikorwa bwo kwiyamamaza yavuze ko abavuga ko bakunda Perezida Museveni cyane bamukurindira ko afite ibyo abaha.

Yongeraho ati “Twe, kubera impuhwe twatanze ubuzima bwacu kubera Perezida Museveni, turi mu ishyamba. Nyamara yamaze kurenga ibigeragezo agambanira abanya Uganda”

Dr Besigye w’ imyaka 60 y’ amavuko akomoka mu ishyaka riharamira demukarasi FDC, amaze kwiyamamariza kuyobora Uganda inshuro enye atsindwa mu matora.

Mu matora aheruka y’ umukuru w’ igihugu Dr Besigye yagize amajwi 35 %, Perezida Museveni agira 61%.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa