skol
fortebet

Bisi ya Trinity itwara abagenzi hagati y’u Rwanda na Uganda yafashwe n’inkongi y’umuriro irashya irakongoka[AMAFOTO]

Yanditswe: Tuesday 11, Feb 2020

Sponsored Ad

skol

Imodoka itwara abagenzi ya Trinity Express, hagati y’ibuhugu by’u Rwanda na Uganda, yafashwe n’inkongi y’umuriro irashya irakongoka, aho iyi nkongi yayifatiye muri Uganda.

Sponsored Ad

Iyi mpanuka yabereye ahitwa Mpigi, ku muhanda munini uva i Masaka werekeza i Kampala mu murwa mukuru wa Uganda.

Nta muntu n’umwe wigeze atakariza ubuzima muri iyi mpanuka, mu bagenzi babarirwa muri 60 yari itwaye. Bose bayisohotsemo ari bazima.

Cyakora cyo Imodoka yo yahiye irakongoka nk’uko amafoto abigaragaza.


Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa