skol
fortebet

NASA yatangaje amakuru yahahamuye abatuye isi

Yanditswe: Sunday 18, Mar 2018

Sponsored Ad

Ikigo cy’abanyamerika cyita ku bumenyi bw’ikirere NASA cyatangaje ko hari ikibuye kinini kizagwa ku isi mu mwaka wa 2135 ndetse kizarimbura ubuzima bw’abantu cyane ko batazashobora kugihagarika.
NASA yatangaje ko hari ikibuye gishobora kurimbura isi
Iki kibuye gishobora kuzagwa ku isi taliki ya 21 Nzeri 2135,cyateye ubwoba abahanga bo muri NASA ndetse bavuga ko gikubye inshuro 23 igisasu cya kirimbuzi cya Hydrogen.
NASA yatangaje ko nta bushobozi ifite bwo guhagarika iki kibuye ndetse (...)

Sponsored Ad

Ikigo cy’abanyamerika cyita ku bumenyi bw’ikirere NASA cyatangaje ko hari ikibuye kinini kizagwa ku isi mu mwaka wa 2135 ndetse kizarimbura ubuzima bw’abantu cyane ko batazashobora kugihagarika.

NASA yatangaje ko hari ikibuye gishobora kurimbura isi

Iki kibuye gishobora kuzagwa ku isi taliki ya 21 Nzeri 2135,cyateye ubwoba abahanga bo muri NASA ndetse bavuga ko gikubye inshuro 23 igisasu cya kirimbuzi cya Hydrogen.

NASA yatangaje ko nta bushobozi ifite bwo guhagarika iki kibuye ndetse n’ingufu z’ibitwaro bya kirimbuzi bitabasha kugishongesha ariko yemeza ko bishoboka ko icyo gihe kizagera hari ubuhanga bwisumbuyeho mu ikoranabuhanga ku buryo iki kibuye kizahagarikwa.

Iki gisasu kiri kure cyane y’isi kuko kiri ku birometero miliyoni 50 uvuye ku isi ariko uko imyaka izajya ihita indi igataha kizajya kigenda cyegera isi ndetse kibe cyabasha kuyirimbura nihabura ubushobozi bwo kugihagarika.

Ibitekerezo

  • Iryobuye uvugako icyogihe hazaba habonense ubundibuhanga ,aribeshya kuko iryobuye ntirimennwa kuko ni. kristo yesu umwana wi Imana nicyo gihe sicyo kuko ntawuzi umutsi cya ngwa igihe kuko buri wese iryobuye rimugwira kuruharerwe wenyine naho rusajye birahishwe ????

    Biteye ubwoba peeeee abahanga bacyu nihagire icyo bakora

    Iri buye njye natangiye kuryumva nkivuka bavugako ryenda kugwira isi ahubwo narinziko ryaguye rigakwepa africa

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa