skol
fortebet

Pasiteri yaguwe gitumo asambana n’umugore w’umugabo w’inshuti ye nyuma y’itorero

Yanditswe: Monday 25, May 2020

Sponsored Ad

skol

Mu minsi ishize mu gihugu cya Kenya, hasakajwe inkuru y’umupasiteri waguwe gitumo aryamanye n’umugore w’umugabo w’inshuti ye bari kwishimana nyuma y’itorero.

Sponsored Ad

Amakuru avuga ko uyu mugabo w’inshuti ya pasiteri yakekaga umugore we yamucaga inyuma akaryamana n’uyu mu Pasiteri bitewe nuburyo aba bombi bitwaraga imbere ye.

Nyuma yo kubicyeka igihe kitari gito, uyu mugabo yateguye umugambi wo kubakurikirana no kubafata mugihe bari mu gikorwa, ntibyatinze kuko intego ye yahise ayigeraho.

Uyu mupasiteri uteye isoni wagambaniye inshuti ye magara kandi yizewe na benshi, yari afite ipfunwe nyuma yo gufatirwa mu cyaha ku buryo atari icyo gukora muri ako kanya yagubwaga gitumo.

Nyuma yuko aba bombi bafatiwe mu gikorwa, batewe isoni n’ibyo barimo gukora bahise bafatwa amashusho. Kuri ubu urubanza rw’umugabo n’uyu mugore we wamucaga inyuma na pasiteri ruri mu maboko y’abayobozi.

Ibitekerezo

  • Ntimukishinge biriya Pastors biyita ngo ni "abakozi b’Imana".Batabonye icyacumi mubaha ntimwakongera kubabona.Benshi muribo barasambana kandi bakanywa inzoga bihishe.Ikindi kandi,muge mwibuka uburyo baba aba Pastors.Barangiza bakabeshya ko ari Imana yabashyizeho.Ntabwo ari Imana ishyiraho Padiri cyangwa Pastor.Mu byukuri,Yesu yasabye abakristu nyakuri bose kujya mu nzira no mu ngo z’abantu,bakabwiriza ijambo ry’Imana kandi ku buntu.Nkuko we n’Abigishwa be babigenzaga.Ibindi ni amaco y’inda gusa.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa