skol
fortebet

Perezida wa Turikiya yashinje Angela Merkel gushyigikira iterabwoba

Yanditswe: Tuesday 14, Mar 2017

Sponsored Ad

Perezida wa Turikiya Recep Tayyip Erdogan yashinje umuyobozi w’ igihugu cy’ Ubudage Chancellor Angela Merkegushyigikira iterabwobal.
Ibyo Erdogan yabitangarije mu kiganiro yahaye televiziyo kuri uyu wa Mbere tariki 13 Werurwe 2017.
Erdogan yagize ati “Kuki uhisha abiyahuzi mu gihugu cyawe? Ko ntacyo ubikoraho? Madamu Merkel ushyigikiye iterabwoba”
Turikiya yikoma u Budage kuba ntacyobusubira ku bantu biyahuzi ibihumbi bine na magana atanu 4500 bakekwaho kuba abiyahuzi baturutse muri (...)

Sponsored Ad

Perezida wa Turikiya Recep Tayyip Erdogan yashinje umuyobozi w’ igihugu cy’ Ubudage Chancellor Angela Merkegushyigikira iterabwobal.

Ibyo Erdogan yabitangarije mu kiganiro yahaye televiziyo kuri uyu wa Mbere tariki 13 Werurwe 2017.

Erdogan yagize ati “Kuki uhisha abiyahuzi mu gihugu cyawe? Ko ntacyo ubikoraho? Madamu Merkel ushyigikiye iterabwoba”

Turikiya yikoma u Budage kuba ntacyobusubira ku bantu biyahuzi ibihumbi bine na magana atanu 4500 bakekwaho kuba abiyahuzi baturutse muri Turikiya..

Umuvugizi wa Angela Merkel Steffen Seibert yavuze ko uwo muyobozi w’ igihugu cy’ u Budage yanze atigeze agaya Perezida Erdogan.

Seibert yagize “Chancellor ntabwo ateganya kujya mu bushotoranyi. Ntabwo azajyamo. Bigaragara ko ibyo birenga bihabanye n’ ukuri”

Uwo muvugizi yabitangarije mu itangazo rigufi cyane yashyize ahagaragara kuri uyu wa Mbere tariki ya 13 Werurwe. Gusa nubwo yanditse itangazo zigizwe n’ amagambo make cyane ibibazo biri hagati ya Turikiya na byinshi mu bihugu by’ I Bururayi byo birakomeye.

Turikiya ishinga u Budage guha icumbi abakekwaho kugerageza guhindirika ubutegetsi bwayo tariki 15 Nyakanga.

Perezida Erdogan kandi ashinja Merkel kuba yarashyigikiye Minisitiri w’ Intebe wa Turikiya Mark Rutte mu bibazo by’ ububanyi n’ amahanga byateje akavuyo Ankara mu murwa mukuru wa Turikiya.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa