skol
fortebet

Sudan:Abagore 24 bazahanishwa gukubitwa nyuma yo gufatwa bambaye amapantalo

Yanditswe: Monday 11, Dec 2017

Sponsored Ad

Mu gihugu cya Sudan haravugwa inkuru iababaje y’abagore 24 bari mu mazi abira nyuma yo gufatwa bitabiriye ibirori bambaye amapantalo kandi kizira muri iki gihugu aho bagomba gukubitwa inkoni 40 ku karubanda nk’igihano ndetse bagacibwa amande.
Nkuko byatangajwe na polisi y’iki gihugu ikunze gufata aba bagore,yavuze ko aba bagore bagiye mu kirori cyabereye ahitwa El Mamoura mu majyepfo ya Khartoum bambaye aya mapantalo kandi muri Sudan abagore bategetswe kwambara amakanzu ahishe ibice (...)

Sponsored Ad

Mu gihugu cya Sudan haravugwa inkuru iababaje y’abagore 24 bari mu mazi abira nyuma yo gufatwa bitabiriye ibirori bambaye amapantalo kandi kizira muri iki gihugu aho bagomba gukubitwa inkoni 40 ku karubanda nk’igihano ndetse bagacibwa amande.

Nkuko byatangajwe na polisi y’iki gihugu ikunze gufata aba bagore,yavuze ko aba bagore bagiye mu kirori cyabereye ahitwa El Mamoura mu majyepfo ya Khartoum bambaye aya mapantalo kandi muri Sudan abagore bategetswe kwambara amakanzu ahishe ibice by’umubiri nkuko amabwiriza y’idini ya Islam abivuga.

Nkuko ingingo imwe yo mu mategeko agenga imyitwarire muri iki gihugu ibivuga,aba bagore bagomba gukubitwa inkoni 40 imbere ya rubanda ndetse bakagira amafaranga bishyurwa kugira ngo bibere abandi urugero.

Benshi mu batuye isi bakomeje kwinubira ibi bihano bifatirwa abagore bo muri Sudan aho abagore ibihumbi bafunzwe bazira kwambara uko bifuza ndetse ibi bikaba bibangamiye uburenganzira bwabo.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa