skol
fortebet

Umugizi wa nabi wari umaze imyaka 30 yihisha ubutabera yatamajwe n’inkari ze

Yanditswe: Saturday 17, Mar 2018

Sponsored Ad

Umugabo witwa Eric McKenna ukomoka mu Bwongereza wari umaze imyaka 30 yihisha ubutabera kubera gufata ku ngufu abagore 2, yatamajwe n’inkari ze ubwo yihagarikaga mu ndabo nyirazo akajya kuzipima polisi igasanga zihuje DNA n’iz’uyu mugabo.
Yari amaze imyaka 30 yihisha ubutabera
Uyu mugabo yasambanyije ku ngufu abagore 2 mu mwaka wa 1983 na 1988, ikirego cyabo kiza guhagarikwa kubera kubura ibimenyetso ariko mu mwaka wa 2016 ubwo uyu mugizi wa nabi yitembereraga yashatse kwihagarika niko (...)

Sponsored Ad

Umugabo witwa Eric McKenna ukomoka mu Bwongereza wari umaze imyaka 30 yihisha ubutabera kubera gufata ku ngufu abagore 2, yatamajwe n’inkari ze ubwo yihagarikaga mu ndabo nyirazo akajya kuzipima polisi igasanga zihuje DNA n’iz’uyu mugabo.


Yari amaze imyaka 30 yihisha ubutabera
Uyu mugabo yasambanyije ku ngufu abagore 2 mu mwaka wa 1983 na 1988, ikirego cyabo kiza guhagarikwa kubera kubura ibimenyetso ariko mu mwaka wa 2016 ubwo uyu mugizi wa nabi yitembereraga yashatse kwihagarika niko kwihagarika mu kabindi kahinzwemo indabo nyirazo apimye asanga DNA zazo zihuje n’iz’uyu McKenna w’umugizi wa nabi niko guhita atabwa muri yombi na polisi.

Ubwo yagezwaga mu rukiko ku munsi w’ejo yahakanye ibyo aregwa ndetse avuga ko izo DNA atari ize gusa rukiko rwanzura ko akwiye gufungwa imyaka 23.

Uyu mugabo yafashe aba bagore bakoraga mu rugo mu mwaka wa 1980 ubwo yitwazaga intwaro akabapfuka mu maso akababwira ko nibatemera ko baryamana arabica.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa