Umukobwa yari hafi gupfa nyuma y’amasaha 4 yose y’akabariro n’umusore bakundana
Yanditswe: Wednesday 14, Oct 2020
Kuri ubu videwo irimo kuzenguruka ku mbuga nkoranyambaga yerekana umukobwa wari uri hafi gupfa nyuma y’amasaha 4 yose ashyushye ari mu gikorwa cyo gutera akabariro n’umukunzi we.
Video yakwiriye hose ikanabonwa n’abatagira ingano tukaba tuyikesha ikinyamakuru Lifestyle.ng yerekana igihe nyacyo umukobwa ukiri muto agaragara aryamye hasi yataye ubwenge nyuma y’amasaha ane yose bari mu gikorwa. Umusore nawe agaragara ahagaze iruhande rwe, yumiwe, ariko agishaka gukomeza gukora imibonano..
Ukurikije ibisobanuro byakusanyijwe na Lifestyle.ng, umukobwa ugaragara muri videwo biboneka ko yarushye nyuma y’amasaha atari macye y’akabariro n’umukunzi we.
Mu gihe ngo umukobwa yakomeje kwinginga umusore ngo ahagarare, yakomeje gukora akazi atera akabariro kugeza umukobwa acitse intege ata ubwenge.
Byasabye ubufasha bwa bamwe mubaturanyi bumvise ugutaka k’umusore kubera ubwoba gutera icyumba barimo. Bakuye umukobwa mu cyumba bamujyana hanze kugirango ashobore gufata umwuka mwiza.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *