skol
fortebet

Umwarimukazi yasambanyije abanyeshuri benshi b’abahungu aruta

Yanditswe: Sunday 08, Dec 2019

Sponsored Ad

skol

Umukozi w’umwalimu witwa Kirstie Rosa yatawe muri yombi azira gusambanya abanyeshuri benshi b’abahungu aruta akabashukisha ibiyobyabwenge by’ubwoko butandukanye birimo urumogi n’ibisindisha.

Sponsored Ad

Kirstie Rosa yafashwe ku wa gatanu na polisi yo muri Leta ya Florida iherereye muri Leta zunze Ubumwe za Amerika aho umukoresha we ari umwalimu mu kigo kitwa Collier County, yaguwe gitumwa ari gusambanya umwana muto w’imyaka cumi n’itanu y’amavuko yamuhaye ubwoko bwinshi bw’ibiyobyabwenge birimo urumogi, ibisindisha na Nicotine.

Abayobozi b’ishuri rya Collier County buvuga buvuga ko Rosa yasambanije umwana w’imyaka cumi n’itanu inshuro nyinshi aho babaga bari kurebana Televiziyo mu rugo, nyuma abayobozi b’ishuri baza kubona amashusho ya camera z’umutekano yafashe uyu mukozi asambanya umwana.

Rosa yabwiye abakoraga iperereza ko usibye kuba yararetse uyu mwana ashinjwa gusambanya bakogera mu bwogero bumwe nta kindi kintu gigeze amukoraho na kimwe, ababyeyi barerera muri Collier County bavuga ko imyitwarire yo guha abana bato ibiyobyabwenge ari ishyano ritihanganirwa.

Ibitekerezo

  • Nukuvuga ko yakoze ibyaha 3: Pedophilia,gusambana no guha umwana drug.Aka ni akumiro.
    Nubwo abantu Millions and millions z’abantu basambana,Imana yaturemye irabitubuza.Itwemerera kuryamana n’umuntu umwe gusa tuzabana binyuze mu mategeko.Iyo urebye usanga abantu basuzugura Imana mu rwego rwo gushaka Kwishimisha.Ariko ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka muli Paradizo kandi ntuzazuke ku Munsi w’Imperuka.Nukugira ibitekerezo bigufi cyane.It is a lack of wisdom.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa