skol
fortebet

Jeff Bezo yaciye kuri Bill gates ubu niwe muherwe wa mbere ku isi

Yanditswe: Saturday 28, Oct 2017

Sponsored Ad

Jeff Bezos washinzwe Amazon.com akaba ari nawe muyobozi mukuru wayo kuri uyu wa 27 Ukwakira 2017 yabaye umuherwe wa mbere ku Isi nyuma yo kongera miliyari 7 z’ amadorali y’ Amerika ku bukungu bwe.
Izi miliyari Jeff Bezos yungutse yazikuye mu bikorwa by’ Amazon.com nk’ uko bigaragazwa n’ imibare ya CNBC.
Bill Gates umaze igihe kinini kuri uyu mwanya kuri uyu wa Gatanu tariki 27 ubukungu bwe bwari bwiyongereyeho miliyoni 550 z’ amadorali bituma agira miliyari 88,5 z’ amadorali. Gusa ibi (...)

Sponsored Ad

Jeff Bezos washinzwe Amazon.com akaba ari nawe muyobozi mukuru wayo kuri uyu wa 27 Ukwakira 2017 yabaye umuherwe wa mbere ku Isi nyuma yo kongera miliyari 7 z’ amadorali y’ Amerika ku bukungu bwe.

Izi miliyari Jeff Bezos yungutse yazikuye mu bikorwa by’ Amazon.com nk’ uko bigaragazwa n’ imibare ya CNBC.

Bill Gates umaze igihe kinini kuri uyu mwanya kuri uyu wa Gatanu tariki 27 ubukungu bwe bwari bwiyongereyeho miliyoni 550 z’ amadorali bituma agira miliyari 88,5 z’ amadorali. Gusa ibi ntibyatumye abasha kugumana umwanya we.

Si ubwa mbere Jeff Bezo ageze kuri uyu mwanya wa mbere kuko muri Nyakanga uyu mwanya yigeze kuwugeraho akawumaraho amasaha make.

Bill Gates ni we washinzwe ikigo cy’ ikoranabuhanga cya Microsoft.

Magingo aya Jeff Bezo afite miliyari 90 z’ amadorali y’ Amerika bivuze ko arusha Bill Gates wafashe umwanya wa kabiri igice miliyari n’ igice y’ amadorali y’ Amerika

Ibitekerezo

  • Ibintu mwanditsw buriya bifite injyana? Muti Bill Gate afite 88.5 M naho Jeff Bezo akagira 86M. Ubwo se Jeff Bezo yaza imberw ya Gate gute?

    Nukuvuga ko Bill Gates afite Fortune (umutungo) urenze 7 500 000 000 000 RWF.Birenze inshuro 3 Rwanda National Budge t ku muntu umwe gusa!!.Quelle bagatelle !! Ikibabaje nuko bene iyi mitungo itabuza abayifite kurwara,gusaza no gupfa.Bakaguhamba mu gasanduka katageze no kuli 2 meters,cyangwa bakagutwika.Niyo mpamvu imana idusaba gushaka ubwami bw’imana (Matayo 6:33),aho guheranwa n’ibyisi gusa.Impamvu imana ibitubwira,nuko ku munsi w’imperuka,izarimbura abantu bose bibera mu byisi gusa,ntibite ku byo imana idusaba.Abazarokoka kuli uwo munsi,imana izabaha ubuzima bw’iteka mu isi nshya,abandi ibajyane mu ijuru (2 Petero 3:13).Ikindi mugomba kumenya mudashidikanya,nuko abantu bapfuye bumvira imana,izabazura kuli uwo munsi (Yohana 6:40).Ntacyo bimaze gukira,kugira ibyubahiro,nyamara utazazuka ngo ube muli Paradizo.Mujye mumenya ko kwibera mu byisi gusa (shuguri,politike,ibinezeza,...),bituma uba umwanzi w’imana kandi ntuzabone ubuzima bw’iteka.Bisome muli Yakobo 4:4 na 1 Yohana 2:15-17.Eternal Life is not a dream nkuko benshi mutekereza.Imana ntijya ibeshya.Soma Tito 1:2.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa