skol
fortebet

Mai-Ndombe :Abaturage 2 bapfuye abandi 10 bakomerekera mu mvura idasanzwe yaguye i Kwamouth

Yanditswe: Saturday 07, Oct 2023

featured-image

Sponsored Ad

Imiryango isaga 200 ubu iri mu kaga gakomeye nyuma yo gusenyerwa amazu n’imvura ikomeye yaguye idakuraho mu minsi itatu ikibasira canter ya Kwamouth (Mai-Ndombe).

Sponsored Ad

Depite Guy Musomo wo muri ako gace yatangaje ko iyi mvura idasanzwe yanahitanye abantu 2 abandi 10 barakomereka, gusa ngo ubushakashatsi no gukomeza kubarura ibyangiritse birakomeje.

Yaboneyeho kwaka Guverinoma ubufasha bwihuse ku badafite aho bari kugeza ubu kuva imvura yabasenyera ikabata ku gasozi.

Amakuru y’uyu mu Depita watabarije abaturage avuga ko impinja 2 zasanzwe zishwe n’amazi ahitwa Kwamouth.

Iyi mvura kandi yanatumye abagera ku 10 bakomereaka , ubu bakaba bari kwitabwaho mu bitaro bikuru biherereye muri ako gace.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa