skol
fortebet

Indonesia: Umutingito ukomeye wahitanye abarenga 100 unangiza byinshi

Yanditswe: Wednesday 07, Dec 2016

Sponsored Ad

Umutingito ukomeye yishe abarenga 100 unangiza ibintu byinshi mu ntara ya Aceh mu gihugu cya Indonesia.
Abategetsi bavuga ko abantu benshi baguweko bavuga ko benshi mubo uyu mutingito wahitanywe ari abagwiriwe n’ inkuta z’ amazu yasenyutse.
Uyu fise ibipimo cya maginitude wumvikanye hafi y’ umujyi wa Sigli mu gace ka Sumatra, aho amazu menshi yabomaguritse.
Ikigo cy’ igihugu cy’ ubumenyi bw’ ikirere muri Indoneziya cyavuze ko nta bwoba ko hashobora kuza umuyaga mwinshi.
Mu mwaka wa 2004, (...)

Sponsored Ad

Umutingito ukomeye yishe abarenga 100 unangiza ibintu byinshi mu ntara ya Aceh mu gihugu cya Indonesia.

Abategetsi bavuga ko abantu benshi baguweko bavuga ko benshi mubo uyu mutingito wahitanywe ari abagwiriwe n’ inkuta z’ amazu yasenyutse.

Uyu fise ibipimo cya maginitude wumvikanye hafi y’ umujyi wa Sigli mu gace ka Sumatra, aho amazu menshi yabomaguritse.

Ikigo cy’ igihugu cy’ ubumenyi bw’ ikirere muri Indoneziya cyavuze ko nta bwoba ko hashobora kuza umuyaga mwinshi.

Mu mwaka wa 2004, intara ya Aceh cyashegeshwe n’ umuyaga mwishi yakurikye umutingito wari wabaye muri iki gihugu. Icyo gihe abagera ku 120.000 bahasize ubuzima.

Ikigo cy’ Amerika gisinzwe ubutaka kivuga ko uwo mutingito wabaye mu saa 11:03 , kuri uyu wa 7 Ukuboza 2016 saa yine z’ ijoro ku isaha ngengamasaha (22:03 GMT) ku munsi wa kabiri ku birometero 17.2 ujya mu kuzimu.

Said Mulyadi, umuyobozi wungirije w’ akarere ka Pidie Jaya, kagizweho ingaruka zikomeye n’ uyu mutingito cane yabwiye umunyamakuru wa BBC ukorera muri Indonesia ko umubare w’ abapfuye ushobora kuza kwiyongera.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa