skol
fortebet

RDC: FARDC irashinjwa kumisha ibisasu ku birindiro bya M23 i Rwindi

Yanditswe: Sunday 31, Mar 2024

featured-image

Sponsored Ad

Kuri uyu wa Gatandatu,tariki ya 30 Werurwe, amabombe yiriwe asukwa ku bwinshi mu birindiro bya M23 biri mu gace ka Rwindi.

Sponsored Ad

Uwahaye amakuru Rwanda Tribune dukesha iyi nkuru uri muri Gurupoma ya Kanyabayonga ,muri Kivu y’amajyaruguru yavuze ko kuva ejo mu rukerera imbunda nini zo mu bwoko bwa Yana zatangiye kumisha ibisasu byinshi muri Pariki ya Rwindi ,no mu masantere ahakikije.

Agace ka Rwindi karagenzurwa n’inyeshyamba za M23 hakaba hagiye gushyira ibyumweru bitatu,umwe mu bakozi b’ikigo gishinzwe ubukerarugendo ICCN yabwiye umunyamakuru wacu uri Goma ko ,ibintu byari byongeye gusubira mu buryo kuva aho umutwe wa M23 ,ufashe ubugenzuzi hafi ya bwose bw’iyi Pariki ya Rwindi.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa