skol
fortebet

Uburusiya bwiyemeje gusenya intwaro z’ubumara

Yanditswe: Thursday 28, Sep 2017

Sponsored Ad

Perezida w’Uburusiya, Vladimir Putin yatangaje ko igihugu ke gisenya intwaro z’ubumara byicisha imyuka y’ubumara. Perezida Putin avuga ko ari ikintu cy’imboneka rimwe.
Ibi yabitangaje kuri uyu wa Gatatu tariki ya27 Nzeri 2017 anavuga ko aribwo bahita batangira icyo gikorwa.
Atangaza ko ibirwanisho bya nyuma byicisha imyuka y’ubumara byari mu bubiko mu Burusiya bisenywa .Ibyo Perezida Putin yabishikirije kuri televiziyo. Yamenyesheje ko ari intambwe ikomeye cyane muri gahunda yo gutuma isi (...)

Sponsored Ad

Perezida w’Uburusiya, Vladimir Putin yatangaje ko igihugu ke gisenya intwaro z’ubumara byicisha imyuka y’ubumara. Perezida Putin avuga ko ari ikintu cy’imboneka rimwe.

Ibi yabitangaje kuri uyu wa Gatatu tariki ya27 Nzeri 2017 anavuga ko aribwo bahita batangira icyo gikorwa.

Atangaza ko ibirwanisho bya nyuma byicisha imyuka y’ubumara byari mu bubiko mu Burusiya bisenywa .Ibyo Perezida Putin yabishikirije kuri televiziyo. Yamenyesheje ko ari intambwe ikomeye cyane muri gahunda yo gutuma isi ibamwo umutekano usesuye.

Yakomeje avuga ko Uburusiya bwashoboye gusenya ibirwanisho byicisha imyuka y’ubumara imyaka itatu imbere y’igihe cyari gitegekanijwe, Perezida Putin yanenze Amerika kuba batarakurikiye iyo nzira ngo nabo basenye ibyo bafite.

Yatangaje ko Amerika yakomeje gusunika inshuro zigera kuri eshtatu icyo gikorwa yiyemeje cyo gusenya intwaro z’ubumara.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa