skol
fortebet

Kigali: Inzego enye zazindukiye mu mukwabo wo kurwanya ‘MUKOROGO’

Yanditswe: Monday 26, Nov 2018

Sponsored Ad

Kuri uyu wa Mbere tariki 26 Ugushyingo 2018, Polisi y’Igihugu ifatanyije n’inzego zirimo Minisiteri y’Ubuzima, Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) n’Ikigo gishinzwe kugenzura ibiribwa n’imiti mu Rwanda, bakoze umukwabo wo kugenzura amaduka acuruza ibintu binoza kandi bisukura umubiri bitemewe mu Rwanda, birimo amavuta ya ‘Mukorogo’.

Sponsored Ad

Bibaye nyuma y’ amasaha make Perezida Kagame Minisiteri y’Ubuzima na Polisi y’Igihugu guhagurukira mu maguru mashya ikibazo cya amavuta yo kwisiga ahindura uruhu..

Uyu mukwabu wakorewe mu bice bitandukanye byo mu Mujyi rwagati birimo Downtown, Cartier Matheus n’ahandi hirya no hino.

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, CP Kabera Jean Bosco yavuze ko imikwabu nk’ iyi isanzwe.

Ibitekerezo

  • Abera bazahora badusuzugura kuko uri gihe dushaka kwisanisha nabo muri byose!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!
    Twemere uko Imana yaturemye kdi tubyishimire.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa