skol
fortebet

Chantal yavuze uburyo amaturu 5 ariyo amunyura iyo ari gutera akabariro ahishura n’ibiranga umukobwa ufite amavangingo n’ibyo utayafite yarya kugira ngo ayagire

Yanditswe: Friday 05, Jun 2020

Sponsored Ad

skol

Amazina ye ni Muganga Chantal uzwi ku izina rya Doctor Shannie akaba azwiho kugira inama abakobwa ku bijyanye n’ubuzima bw’imyororokere yabo ndetse akaba azwiho no kubafasha guca imyeyo.

Sponsored Ad

Mu kiganiro Muganga Chantal utuye ahazwi nko mu Cyumbati yagiranye n’igitangazamakuru gikorera kuri Youtube kizwi nka ’VIPI Rwanda’,yasobanuye byinshi ku bijyanye n’imyororokere y’ubuzima bw’umwana w’umukobwa n’umugore muri rusange ndetse nawe yivugaho.

Muri iki kiganiro muganga Chantal yahishuye byinshi ku buzima bw’imyororokere y’abakobwa birimo no guca imyeyo,aho yavuze ari kimwe mu byarangaga umuco w’abakobwa bo mu Rwanda aha akaba yasobanuye uko bikorwa n’akamaro kabyo ku bagore n’abagabo babo.

Chantal akaba yavuze ko guca imyeyo ari kimwe mu bitera abakobwa cyangwa se abakobwa kugira amavangingo ndetse akaba yanahishuye na bimwe mu biribwa byoroheje abakobwa cyangwa se abagore bashobora kurya bikaba byabatera kugira amavangingo mu gihe bari gutera akabariro.

Mu kamaro ko guca imyeyo kandi ngo harimo kuba umugabo bimufasha kugira aho afata ku gitsina cy’umugore mugihe ari kumutegura mbere y’uko bagera ku gikorwa nyamukuru bityo bikaba byatera igitsina cy’umugore kubobera.

Chantal kandi yanakomoje no ku nshuro umugabo ashobora guteramo akabariro mu ijoro zikaba zanyura umugore aho yavuze ko ari inshuro eshatu cyangwa enye,gusa avuga ko we atari izo zimunyura nubwo ngo ubu amaze gusaza.

KURIKIRANA HASI IKIGANIRO GITEYE AMATSIKO CYA CHANTAL AHO YASOBANUYE IBICE BYO KUGITSINA CY’UMUGORE AFATA ARI GUCA IMYEYO N’IKIGERO BIRYANAMO NDETSE N’IGIHE CYIZA CYO GUTERA AKABARIRO KU BASHAKANYE N’IBINDI BYINSHI BIJYANYE N’IMYOROROKERE Y’UMWALI N’UMUTEGARUGORI:

Ibitekerezo

  • Muduhe number z’uwo chantal niba atabeshya umuntu yamuha ikiraka

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa