skol
fortebet

Pio Mugabo wahoze ari Minisitiri yasezeweho bwa nyuma[AMAFOTO]

Yanditswe: Saturday 18, Jan 2020

Sponsored Ad

skol

Urukiko Rukuru, abagize Urwego rw’Ubucamanza n’Urwego rw’Ubutabera, abayobozi mu nzego za Leta n’abo mu muryango, basezeye bwa nyuma kuri Pio Mugabo witabye Imana ku cyumweru azize uburwayi.

Sponsored Ad

Mugabo yari mu kiruhuko cy’izabukuru, ariko yari yarahawe n’izina ry’icyubahiro nk’umucamanza w’Urukiko Rukuru. Kuri uyu wa Gatanu nibwo yashyinguwe.

Yabaye Minisitiri w’Imibereho myiza y’abaturage muri Guverinoma ya mbere y’ubumwe, akaba yaranigeze kuba Perezida w’ishyaka PL.

Mbere y’uko yitaba Imana, yari asanzwe atanga serivisi zitandukanye mu bijyanye n’amategeko.

Mu 2017, Mugabo ari mu bacamanza bahawe umudali w’ishimwe kubera uruhare rwe mu mitangire ya serivisi inoze mu rwego rw’ubutabera mu Rwanda.


Ibitekerezo

  • RIP Mugabo Pie.Igendere twarakoranye kandi twabanye neza.Wari umukozi mwiza wakundaga abantu.Nange nk’umukristu,ndakwifuriza yuko wazazuka ku munsi wa nyuma niba Imana ikubona nk’umuntu wakoraga ibyo ishaka kandi utariberaga mu gushaka ibyisi gusa.Rwose tuge twemera ko abantu bapfuye bakora ibyo imana ishaka nta kabuza izabazura.Iyo dushidikanyije ko abantu bazazuka,tuba tutari abakristu.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa