skol
fortebet

M23 yasabye amahanga gusuzuma ibitero FARDC n’abambari bayo bagabye mu bice birimo abasivili benshi

Yanditswe: Wednesday 15, May 2024

featured-image

Sponsored Ad

Kuva mu gitondo cya kare cyo kuri uyu wa Gatatu, imirwano ikomeye iri gusakiranya Ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC,FDLR, Abacanshuro,Wazalendo na FDNB) n’inyeshyamba zo mu mutwe wa M23.

Sponsored Ad

Ni imirwano iri kubera mu duce twa Kikuku, Kibirizi, Vitshumbi, Rwindi ndetse no mu nkengero zaho.

Umuvugizi wa M23 abinyujije ku rubuga rwa X yavuze ko izi ngabo zihurije hamwe zateye uduce turimo abantu benshi cyane.

Umutwe wa Alliance Fleuve Congo (AFC) wavuze ko usaba Abafatanyabikorwa mpuzamahanga,akarere n’indi miryango mpuzamahanga kwita kuri ibi bitero bikomeje kwibasira abasivili.

Uyu mutwe wavuze ko watabaye ingabo za RDC zigabye ibitero mu basivili,urabatabara.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa