"Akarayifumbwe": Rwa rukingo rwa Kanseri y’umura ngo rwaba rutera abakobwa gushaka gusambana cyane
Yanditswe: Sunday 22, Nov 2020
Hari amakuru ko rwa rukingo rwa kanseri y’umura rumaze igihe rugeragerezwa mu Rwanda ku bana b’abakobwa n’abangavu rwaba rubatera ubushake bukomeye bwo gukora imibonano mpuzabitsina. Iki kikaba gishobora kuba kiri no mu bizamura imibare y’abana b’abakobwa batwita. Ibi byatangajwe n’umunyamakuru Mugabe Robert ubwo yari mu kiganiro Akarayifumbwe. Ikiganiro cyagarukaga kuri raporo ya Sena ku kibazo cy’imibare ikomeje kuzamuka y’abana b’abakobwa.basambanywa ndetse n’abaterwa inda
Nta kintu Minisante (...)
Hari amakuru ko rwa rukingo rwa kanseri y’umura rumaze igihe rugeragerezwa mu Rwanda ku bana b’abakobwa n’abangavu rwaba rubatera ubushake bukomeye bwo gukora imibonano mpuzabitsina. Iki kikaba gishobora kuba kiri no mu bizamura imibare y’abana b’abakobwa batwita. Ibi byatangajwe n’umunyamakuru Mugabe Robert ubwo yari mu kiganiro Akarayifumbwe. Ikiganiro cyagarukaga kuri raporo ya Sena ku kibazo cy’imibare ikomeje kuzamuka y’abana b’abakobwa.basambanywa ndetse n’abaterwa inda
Nta kintu Minisante iratangaza ku miterere n’ingaruka uru rukgo rumaze igihe rugeragerezwa mu Rwanda, gusa amakuru ni uko hari ibihugu byamaze kuruhagarika.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *