skol
fortebet

Ubuzima

Rwanda FDA yahagaritse ku isoko burundu umuti w’inkorora wagenewe abana

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kugenzura Ubuziranenge bw’Imiti n’Ibiribwa, Rwanda FDA, cyatangaje ko (...)

Meteo Rwanda yateguje imvura nyinshi Iburengerazuba mu gice cya kabiri cy’uku kwezi

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere, Meteo Rwanda, cyatangaje ko hagati ya tariki ya (...)

Mukamuyoboke warokotse Jenoside yahawe impyiko n’umuturanyi we utarahigwaga

Mukamuyoboke Vestine warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi wahawe impyiko n’umuturanyi we (...)

Gicumbi: Inyama yanize umusore bimuviramo urupfu

Umusore witwa Dushimimana Vincent wo mu Mudugudu wa Rwasama, Akagari ka Gacurabwenge mu Murenge (...)

Ambasaderi Mukaruriza Monique yahitanwe n’uburwayi

Ambasaderi Mukaruliza Monique wabaye mu nzego zitandukanye nkuru z’igihugu, yitabye Imana azize (...)

Hamenyekanye amafaranga leta imaze gushora muri gahunda zo kwita ku barokotse Jenoside

Nyuma y’ihagarikwa rya Jenoside yakorewe Abatutsi,Leta y’u Rwanda yashyizeho gahunda zitandukanye (...)

Polisi yorohereje abamotari itegeko ryabagongaga cyane

Abamotari bishimiye icyemezo cya Polisi y’Igihugu cyo gukuraho ibihano byahabwaga uwatwaye moto (...)

U Rwanda rwakiriye izindi mpunzi zivuye muri Libya

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane, u Rwanda rwakiriye Icyiciro cya 17 cy’Impunzi n’Abasaba ubuhunzi (...)

Amafoto ya Perezida Macron ari kwitoza gutera amakofe yaciye ibintu

Yatangiye arata imbaraga kuri Ukraine. None ubu Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron (...)

U Rwanda n’u Burundi ntibyasohotse muri Raporo y’uko ibyishimo bihagaze ku isi

Kuri iyi tariki yagenwe na ONU nk’umunsi mpuzamahanga w’ibyishimo ku isi raporo igaragaza uko (...)

Apotre Yongwe yihaye intego nshya nyuma yo gusohoka gereza

Umuvugabutumwa Harelimana Joseph uzwi nka Apotre Yongwe, yamaze gusohoka muri Gereza ya (...)

Menya impinduka zose zikubiye mu itegeko rishya rigenga gushyingiranwa no gutandukana

Leta iravuga ko hari ibibazo bigaragara mu itegeko ryo mu 2016 rigenga abantu n’umuryango birimo (...)

RURA yihaye amezi atatu kugira ngo ikemura ikibazo kibangamiye abagenzi

Urwego Ngenzuramikorere, RURA, rwatangaje ko rwatengushywe n’ikoranabuhanga ryagombaga (...)

Depite yakoreye ubuvugizi abasirikare b’abakobwa bo muri RDF batambarirwa na bagenzi babo mu bukwe

Minisiteri y’Ingabo yagejejweho ikibazo cy’abasirikare b’abakobwa mu ngabo z’u Rwanda (RDF) (...)

RURA yashyize hanze ibiciro bishya by’ingendo zo hirya no hino mu gihugu [IBICIRO BYOSE]

Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr Jimmy Gasore, yatangaje ko Guverinoma yakuyeho Nkunganire (...)

0 | 15 | 30 | 45 | 60 | 75 | 90 | 105 | 120 | ... | 1845