skol
fortebet

Bishop Tom Rwagasana yeruye avuga byinshi kuri ADEPR yigeze kubera umuyobozi

Yanditswe: Thursday 20, Jun 2019

Sponsored Ad

Bishop Rwagasana Tom, wigeze kuba Umuvugizi wungirije w’Itorero ADEPR yahaye ikiganiro Umuryango cyagarutse ku miyoborere banyuzemo, ibyabavuzweho kurya amafaranga y’itorero, imanza barimo, gucibwa mu Itorero, ibibazo Komite iriho ubu ifite n’umuti babona byafatirwa, uko babayeho ubu n’ibindi.
Byinshi ni muri iki kiganiro twagiranye:

Sponsored Ad

Bishop Rwagasana Tom, wigeze kuba Umuvugizi wungirije w’Itorero ADEPR yahaye ikiganiro Umuryango cyagarutse ku miyoborere banyuzemo, ibyabavuzweho kurya amafaranga y’itorero, imanza barimo, gucibwa mu Itorero, ibibazo Komite iriho ubu ifite n’umuti babona byafatirwa, uko babayeho ubu n’ibindi.

Byinshi ni muri iki kiganiro twagiranye:

Ibitekerezo

  • Urabeshya uwo baramuhagaritse

    Ibyo Rwagasana avuga nibyo.Kuva ADEPR yashingwa muli 1940,buri gihe habayemo amatiku,kuronda amoko,gukunda amafaranga,kwivanga muli politike,etc...Kugeza n’uyu munsi.Ikibabaje nuko baririmba ko "buzuye umwuka".
    Gusa usanga amadini yose ariko ameze.Keretse wenda abayehova batajya basaba icyacumi kandi bativanga muli politike.Birababaje kubona abantu bitwa ngo ni abakozi b’Imana bakora ibyo Imana itubuza.

    Tom mwarakoze nuko ntawe unezaza abantu, namba namwe nwagaragaje ibikorwa, abo dufite ubu ntiwamenya ibyo barimo bameze nkabana bakunisha icyondo.

    ADEPR muratenga Safi iyo ijuru urijyamo aca muri Adepr hari kuzajyamo bacye, ubundi mutenga abantu nimwe mutanga agakiza, mbona indangagaciro z’Abanyarwanda mutazimenya.

    Imana nitabare gusa ntakindi.

    Tom we, Imana yatugiriye neza muragenda, iterabwoba ryawe no kwaka amafaranga tutazi aho mujyana byari bitugeze habi.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa