Umutekano
Ko abaturage b’Amerika n’Uburayi basabwe kwitondera gusura u Rwanda bivuze iki?
Yanditswe: Friday 26, Apr 2019
Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Ubudage, Ubufaransa, Ubwongereza, Australia, Canada na bimwe mu bihugu by’I Burayi byaburiye abaturage babyo gusura u Rwanda bigengesereye cyane cyane igice cya Nyungwe, ku mipaka na Kongo, ku mupaka n’Ubuganda n’Uburundi.
Ibi bihugu bivuga ko hari ikibazo cy’umutekano. Olivier Nuhungirehe, Minisitiri wa Leta muri Ministeri y’Ububanyin’Amahangayabwiye BBC ko nta kibazo cy’umutekano gihari Leta igiye kuvugana n’ibi bihugu.
Ariko se, kuburira abaturage babyo byaba bishatse kuvuga ko hari intambara cyangwa se hari iyegereje? Nibyo tugiye kugarukaho muri iyi video iri hasi:
Ibitekerezo
mukomeze mwihagarareho umenya abazungu mutarabamenya nibabi cyane
Izi video mukora zirushaho kudusobanurira byimbitse.