skol
fortebet

Hakozwe udukingirizo tw’ururimi twifashishwa mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina

Yanditswe: Thursday 19, Jan 2023

featured-image

Sponsored Ad

Uwitwa Dr Paul Adu, Umwarimu, akaba n’umushakashatsi mu gihugu cya Ghana yavumbuye ko imibonano mpuzabitsina ikoreshejwe ururimi mu gitsina cy’umukobwa ari imwe mu ikorwa n’abantu benshi ku isi.

Sponsored Ad

Uyu mwarimu akavuga ko abanya-Ghana benshi by’umwihariko urubyiruko bakunze kwandura indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina binyuze muri iyi mibonano mpuzabitsina abantu bakoresha ururimi rwabo mu gitsina cy’umukobwa.

Ngo bitewe no kuba yarashishikajwe kenshi no kumenya byinshi ku ndwara zandurira mu mibonano mpuzabistina ndetse agasanga urubyiruko rwinshi muri iki gihugu rukunze kuryoherwa n’imibonano mpuzabitsina ikorewe mu kanwa no mu kibuno.

Dr Paul Adu abinyujije ku rubuga rwe rwa twitter yasabye urubyiruko gukoresha aka gakingirizo k’ururimi abasaba kudatuma hari amatembabuzi abagera ku minwa, igihe cyose bumva bashishikajwe no gukoresha ururimi rwabo mu gitsina cy’umukobwa.

Ibitekerezo

  • Imibonano mpuzarurimigitsina ntago ari mpuzagitsina

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa