skol
fortebet

Nkore iki? Iyo Databuja ari gutera akabariro numva najye mbishatse

Yanditswe: Saturday 21, Jan 2023

featured-image

Sponsored Ad

Ndi umusore w’imyaka 23 nkora akazi ko mu guro, aho nkorera Mabuja wanjye ni umudamu mwiza ukiri muto wisanzura kuri buri muntu wese. Ntangira akazi yamfataga nka musaza we akanyitaho umunsi kuwundi nkarushaho kumva mukunze kubera ibyo yankoreraga atitayeko ndi umukozi wo mu rugo.

Sponsored Ad

Uko kunyereka urukundo nanjye nitwaraga nk’umwana mwiza nuko Databuja agashima uko tubanyeho kuko nta ntonganya yumvaga mu rugo. Uwo Mabuja nta kazi afite yirirwa mu rugo ahava agiye gusura inshuti ze nabwo agahita agaruka byumvikana ko tumarana amasaha menshi turi kumwe.

Umunsi umwe yansabye kuza gukora mu cyumba cye avuye koga ninjira yambaye essuie-mains mubonye ndikanga ambaza icyo mbaye ndya indimi ambwira ko ntacyo ngomba gutinya kuko tumeze nk’abavandimwe. Yakomeje kuzajya anyiyegereza gacye gacye gusa kuko njyewe ndi umusore utinya abakobwa nkajya ngerageza kumugendera kure.

None ikibazo mfite ubu iyo Databuja arimo gutera akabariro njya kumviriza nakumva ukuntu umugore twirirwana ataka cyane nkumva ndabishatse bikantera kwikinisha mu gihe barimo gutera akabariro.

Ese mpemukire Databuja nzajye ndyamana n’umugore we mu gihe yagiye mu kazi? Databuja ampa buri kimwe amfata nk’umwana we, Ko ikimero cya Mabuja kigiye kuncyumuza koko nkore iki? Inama zanyu zirakenewe

Ibitekerezo

  • Ntuzasubire kumviriza ibitakureba nibyo bigutera kwikinisha, ntuzahemukire Sobuja Kdi usenge Nyagasani akorohereze.

    Sha ndumva utorohewe pe! Gerageza gushakira akazi ahandi kuko ntawagushimira gusenya urw’abandi ndetse niyo myitwarire ya nyokobuja iragayitse.

    Ndumva ibyawe birenze Kandi bigeze kure kuko watangiye gukunda umugore w’abandi. Waje gukora akazi ntiwaje guhemukira Sobuja. Ibyo bintu ubigendere kure ntukongere kwemera gusanga nyokobuja mu cyumba Kandi ntuzongere kujya kumviriza kuko aribyo bikwangiza. Nuramuka usambanye na nyokobuja uzaba wihemukiye byigihe kirekire. Njye ndumva watuza ugakora akazi kakujyanye ufite intego kugezigihe uzashaka uwawe. Uramenye utazangiza ejo hazaza hawe! Ibimero birashukana Kandi ni ibyigihe Gito hanyuma ukisanga habi

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa