skol
fortebet

Nubona ibi bimenyetso uzamenye ko umukobwa muri kumwe yagize ubushake bukabije bwo gukora imibonano muzabitsina

Yanditswe: Thursday 26, Jan 2023

featured-image

Sponsored Ad

Abakobwa muri kamere yabo bihagararaho ntabwo ari abakobwa benshi bashobora kubwira umusore ko bashaka gukora imibonano mpuzabitsina.

Sponsored Ad

bimeze gutyo ariko biroroshye kumenya umukobwa ushaka gukora imibonano mpuzabitsina urebeye ku bimenyetso bikurukira ugasuzuma ubutumwa butangwa n’umubiri (body language).

1.Guhumekera hejuru

Umukobwa ushatse gukora imibonano mpuzabitsina iki ni ikimenyetso umusore bari kumwe ashobora guhita atahura.

Iki kimenyetso nta mukobwa ushobora kugihisha kuko bituruka imbere mu mubiri we. Uko bigenda umubiri we uba uri gukora ububobere bwinshi bigatuma ukenera oxygen nyinshi, bigatuma umutima we utera cyane akabahumekera hejuru.

2.Gutukura amaso

Umukobwa ufite ubushake burenze bwo gutera akabariro akenshi amaso ye aratukura kandi akazamo amarira wamureba ukabona yirebesha icyoroshye. (amaso yayateretse)

3.Gucika intege

Iyo umukobwa yafashwe aba yacitse intege kuburyo akenshi icyo umukoresha cyose agikora ni ukuvuga ngo aho umujyanye ni ho ajya kabone n’ubwo yakabaye ari kubyanga ushobora kumva avuga ati oya ariko ukabona ari kubikora.

Umukobwa acika intege iyo guhumekera hejuru bihagaze. Umubiri we urangije gukora ububobere.

4.Gutosa ikariso

Iyo yagize ubushake bwinshi usanga mu gitsina cye ububobere bwiyongereye ku rwego rwo hejuru ku buryo bigera no ku myenda y’imbere bikaba byagera aho bihinguka n’inyuma.

Iyo umubiri umaze gukora ububobere ubwohereza mu gitsina kugira ngo busukure aho igitsina cy’umusore kiza kunyura niyo mpamvu ikariso ye ihita itoha.

5.Kugundira umusore

Umukobwa iyo mwaganiraga akagira ubushake bwo gukora imibanano mpuzabitsina aragusatira gahoro gahoro yagufata akagufata akagukomeza ku buryo ubona adashaka kukurekura.

6. Kukuryamaho

Iyo umukobwa afashe icyemezo cyo kukuryamaho utari usanzwe ubimuziho, wamusuzuma ukabona afite bimwe mu bimenyetso byavuzwe muri iyi nkuru nacyo kiba ari ikimenyetso cy’uko ashaka ko mukora imibonano mpuzabitsina.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa