skol
fortebet

Nkore iki ko iteka mba numva nshaka gukora imibonano mpuzabitsina?Rimwe ryaransajije pe!

Yanditswe: Thursday 01, Jun 2017

Sponsored Ad

skol

Mfite imyaka 18, mbana n’ababyeyi banjye bose, Papa na Mama ariko buri gihe mba numva nshaka gukora imibonano mpuzabitsina.
Nigeze kubikoraho rimwe n’umuhungu twiganaga ariko turangije Primaire twese twaraburanye,ariko mwumve ngo iryo rimwe nanubu riracyatuma nshyuha cyane muri njye pe.
Mba numva rwose mbishaka cyane ariko nubwo mba numva umubiri uba unshuka cyane nanone umutima wanjye ntago unyemerera kuba nabikora kuko kuko ndakijijwe.
Mba numva nzabikorana n’umugabo wanjye tuzabana kandi (...)

Sponsored Ad

Mfite imyaka 18, mbana n’ababyeyi banjye bose, Papa na Mama ariko buri gihe mba numva nshaka gukora imibonano mpuzabitsina.

Nigeze kubikoraho rimwe n’umuhungu twiganaga ariko turangije Primaire twese twaraburanye,ariko mwumve ngo iryo rimwe nanubu riracyatuma nshyuha cyane muri njye pe.

Mba numva rwose mbishaka cyane ariko nubwo mba numva umubiri uba unshuka cyane nanone umutima wanjye ntago unyemerera kuba nabikora kuko kuko ndakijijwe.

Mba numva nzabikorana n’umugabo wanjye tuzabana kandi mba mbona bizafata igihe kirekira kugirango mbane n’uwo tuzarushingana kuko ubu niga mu wa kane wisumbuye (secondaire).

None ubu koko niki nakora kugirango icyo kibazo kibazo cyange gikemuke? Nukuri ndaremerewe pe.

Ibitekerezo

  • inama nukowakongera amasengesho iyo nisatani yakwibasiye ishaka ko ucumura

    Mushiki wacu inama naguha iteye itya:

    1. Kwifuza imibonano nta kibazo kirimo kuko ni ikimenyetso cy’uko uri muzima,

    2. Kuba usenga ni byiza, bizagufasha kwirinda imibonano mpuzabitsina mbere yo gushyingirwa, none ukomeze usenge, kandi ujye ujyira umwanya uhagije WO gusoma, kwiga no gutekereza Ku ijambo ry’Imana, bizagufasha kutabonera umwanya ibitekerezo by’ubusambanyi,

    3. Ntabwo nzi abantu mumarana umwanya,ariko Niba muri bo habamo abaganira Ku mibonano mpuzabitsina wagabanya umwanya ubagenera, kuko ibyo biganiro bibyutsa irari ry’ubusambanyi mu muntu,

    4.Ntabwo nzi ibitabo usoma, cyangwa film ureba, ariko niba harimo ibivuga Ku mibonano mpuzabitsina wabyirinda, kuko nabyo bibyutsa irari ry’ubusambanyi mu muntu,

    5. Ntabwo nzi urwego ubucuti bwawe n’ababyeyi buriho, gusa niba mutari inshuti wagerageza kuba inshuti nabo, kuko uko utandukana nabo Niko wiyegereza abandi, kandi Ku kigero cyawe ukururwa no kwiyegereza abahungu, ba inshuti magara n’ababyeyi bawe, niba basenga uzabibabwire bazagusengera,

    6. Umwanzuro wafashe WO kuzaryamana n’umugabo wawe ni mwiza, uwukomeze kandi uzahirwa mu nzira zawe!

    wakoze!

    Rwose uwo mutima wawe ni ukomeze uguhakanire rwose kuko nukureka ntahandi uzaba ukujyanye uretse mu rwobo uzabamo iteka ryose!
    Gerageza utsinde iyo sekibi mwana rwose uracyari muto kandi ejo niheza kuri wowe nutsinda icyo kigeragezo

    Komeza uyikore nyine, ubundi se uracyaramira icyi ko ubusugi wabutakaje!
    Wamaze kuba second hand girl byararangiye.

    komeza wigire agatebo azabona icyo uzasarura kuko ntakindi nakubwira

    Warebye abahungu hafi yawe nabo bafite ikibazo nk’icyawe ko nzi ko ari benshi mugakemurirana ibibazo?

    N’undi nkawe yumvireho ndaguha amategeko atanu ugomba kugenderaho:1.Irinde gutekereza kureba kumva no gukora ibijyanye n’imibonano mpuzabitsina,.2.Shaka ibintu bituma uhora uri busy,amasomo ’n’utundi turimo dutandukanye.3Shaka groupe y’abantu ukeka bafite imyemere ihamye y’Imana muge musengana ari nabo muzajya mugendana.3Kora sport ihagije umubiri wiyumve ubwonko bukore neza kuko aribwo bukoresha umubiri.4Menya ahantu ugomba kuba uri mubuuzima bwawe bwaburi munsi.5Nibyanga uzajye kwa muganga barebe ikibazo ugite.

    NONESE NYINE KO WUMVA UBSHAKA UZAKIRA IKI? INAMA NUKUREKA KUBISHAKA.

    Andika Igitekerezo Hano
    WABIKORERAGA IKI?
    yubireka ntukabeshye ngu rasenga
    ubwo wahuye nu uwisira muje bwambere.
    inama nu ukujya ku mavi ugasenga cyane .kuko iyu umwisiramu iragoye
    bt umuti nu ugusenga uka bireka

    urakoze kumutima ukubuza,kuko hari
    nabatumva kumutima ubibabuza iyo nintambwe nakwizezamo ko Imana wiringira izagufata.ikaba ariyo igukomeza iho watentebuka gusa kinds gusenga no kuba mubihe byo gusenga.

    Ariko wanatangiye kare pe!muri primaire koko? uragirango utwumve pe !ubwose ubundi wumvise iki?uwo mwabikoranye se ubu umubonye wamwongera?wararangiye ahubwo

    gabanya umushyukwe bitewe numurengwe kuko ,ushobora kuhandurira aids nizindi ndwara ziterwa nimibonano muzabitsina

    woe urakuze ifatire decision kuko urakuze gs bikore ukiri muto kugirango utazicuza nyuma warashatse

    Inama nyayo,jya kumuhanda wicuruze kd ujye ugitangira ubuntu ugusabye wese umuhe uzawuvamo ubihaze

    Inama nyayo,jya kumuhanda wicuruze kd ujye ugitangira ubuntu ugusabye wese umuhe uzawuvamo ubihaze

    Inama nyayo,jya kumuhanda wicuruze kd ujye ugitangira ubuntu ugusabye wese umuhe uzawuvamo ubihaze

    umva bikore,ukoreshe condom maze ukire ubwo buribwe n’ubushye!!enjoy

    Mushiki wacu Imana wagishije Imana yagusuye ikomeze ikugenderere kdi ikwiteho. Gusa fata umwanya wo gusenga, wirinde igitekerezo kirebana n’ubusambanyi (ibiganiro,agakungu, film...),ita ku murimo kdi urebe umujyanama (père,mère spirtuelle) muganire cyane bizagufasha. Mugire amahoro y’Imana.

    Kora

    Nonese ko uvuga ko ukijijwe uzi icyo wita gukizwa? wibuke ko iyo usambanye uba ubaye umwanzi w"Imana kandi imirimo wakoze yose ihita isibwa. ubwo niba ushaka kurimbuka uzasambane

    Nonese ko uvuga ko ukijijwe uzi icyo wita gukizwa? wibuke ko iyo usambanye uba ubaye umwanzi w"Imana kandi imirimo wakoze yose ihita isibwa. ubwo niba ushaka kurimbuka uzasambane

    Uzongere ubikore ushire irari

    Uzongere ubikore ushire irari

    Igihe urikumva ubishaka ujyewicara mumazi akonje iminota icumi bizagufasha.

    niwumva bije ujye wicara Mu ibase y’amazi akonje

    komera muvandi ibyo bibaho bitewe nimyaka ufite irabikwemerera ariko umubiri ntugomba kudutegeka ibintu byose nimubwonko icyo wishyizemo nicyo kikubaho,niba ukijijwe banza wihane kuko wasambanye nurangiza usenge Imana uyisaba kugushyira kurugero rukwiye. Imana nigufashe kdi ikunve

    Hhhh umva uzashake umwanya unsanjye mu rugo nguhe umuti.

    Azashyiremo urusenda.

    uzaze nanyje mbanumva twakwifatanya sha tukaryoherezanya

    uyje usenga imana nibyose izabikuraho

    Nubwo wakoriki ntiwahaza irari ryu mubiri ifate uhugire mubindi ukore siporo usome ijambo ryi MANA ikubabarire nutifata kakubayeho uza bura ubwenge uzabe umusazi upfe imburagihe

    Uwakunsigiriza ngo nkumaremo uwo mushyukwe wumve uko ubaye sweetie.

    umva nshuti yanjye ibyobintu uzabishyiremo ubwe cyane kuko nutabikora ntacyuzaba wasanga arihosatani yaguteye gusa none umubiri numubiri niwumva bikunaniye uzibuke ka pridance mwana wama kuku ushobora kubura ibyuma nintama

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa