Umugabo w’ahitwa mu Rusagara mu Murenge wa Mbazi mu Karere ka Huye yabitswe ko yapfuye, abe bagiye gufata umurambo ku bitaro basanga ari muzima.Nk’uko bivugwa n’abatuye mu Kagari ka Rusagara,...
Cyuzuzo Jean d’Arc ukorera Kiss FM yasubizanyije amashagaga uwari wise umu ’Congoman’ umukunzi we uherutse no kumwambika impeta y’agateganyo yo kubana,ndetse binavugwa ko ubukwe bw’aba bombi buri...
Miss Rwanda 2022 irakomanga, Ku ikubitiro abo mu ntara y’Amajyaruguru nibo iheraho. Uko imyaka ishira n’indi igataha niko abarikurikira bakomeza kwiyongera.Uko biyongera niko ibitekerezo mu mboni...