Miss Tangai Zaman Methila witabiriye irushanwa ry’ubwiza rya Miss Suprenational 2019, ahagarariye Bangladesh yasubiye mu gihugu cye ikitaraganya bitewe n’impamvu bivugwa ko ari iz’umuryango...
Jean Bosco Mutangana wari umaze imyaka itatu agizwe umushinjacyaha mukuru, yasimbujwe Havugiyaremye Aimable nk’uko bigaragara mu myanzuro y’inama y’Abaminisitri yo ku wa 28 Ugushyingo...
Umugabo umwe wo muri Leta zunze ubumwe za Amerika akomeje kugira ubwamamare abukesha ifoto yashyize hanze ateruwe n’icyamamare beyonce mu myaka 23 ishize.
Urukiko rukuru rw’Ubudage rwategetse ko umugabo waho wahamwe n’icyaha cyo kwica mu mwaka wa 1982 afite uburenganzira bw’uko izina rye rikurwa mu bigaragara mu mashakisha yo kuri...
Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwategetse ko Hagenimana Jean Paul uzwi nka Bushali na Nizeyimana Slum (Slum Drip), aba bombi bagize itsinda rizwi mu njyana ya Kinyatrap na Uwizeye Carine...