Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi wahamishijeho ibihano ku bategetsi bo muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo ushinja kugira uruhare mu bikorwa byo guhonyora uburenganzira bwa...
Umukobwa w’ imyaka 18 yatanze ubuhamya avuga uko se wabo yamufashe ku ngufu afite imya 16, avuga ko asigaye atinya umugabo wese ataretse na se n’ubwo ari umubyeyi...
Inyeshyamba bikekwa ko ari iza FDLR zagabye igitero mu murenge wa Busasamana mu karere ka Rubavu zikaraswa n’ ingabo z’ u Rwanda zashyinguwe hafi yaho zarasiwe.
Evode Uwizeyimana , Umunyamabanga wa Leta ushinzwe itegeko Nshinga n’andi mategeko yakebuye abagabo bahugira mu kazi bakabura umwanya wo gutera akabariro, yabikomoje ku kibazo cy’...
Umunyamabanga wa leta muri Minisiteri y’Ubutabera, ushinzwe Itegeko Nshinga n’andi mategeko, Me Evode Uwizeyimana, yavuze ko kugeza uyu munsi hari ba noteri batagira aho bakorera avuga ko usanga...