Abatuye ku isanteri ya Kabaya muri Musanze bavuga ko hari umugabo wafashe ku ngufu umwana w’imyaka icumi amutegeye mu ishyamba rya Bugese. Umwana yahaviriye amaraso menshi, kandi ukekwa ngo yaba...
Mu mwaka wa 2017, Ange wari ufite imyaka 17 yiga mu mwaka wa kabiri w’amashuri yisumbuye, nibwo yamenyanye n’umusirikare Pte Hagenimana amutera inda. Nubwo yemera umwana we, ngo amufasha ari uko...
Mu mudugudu wa Mbuganzeri, utujwemo abimuwe mu birwa bya Mazane na Sharita, haboneka abana b’abakobwa batewe inda bivuye ku kuba abayeyi babo bahinga kure.
I Nyamirambo hari umugore wacuruje umwisengeneza we bigera aho asama inda ku myaka 13, nyina w’umwana yitabaza inkiko. Uyu mubyeyi waburanye na muramukazi we avuga ko yabuze umwana we kuko...
Bamwe mu bakobwa babyariye iwabo incuro zirenze imwe bavuga ko nta mahitamo bari bafite, ngo bashakaga kubona indezo bagenerwa n’ababateye iza mbere. Bityo hari impuguke n’abashakashatsi basanga...
Umukobwa wari ukirangiza amashuri yisumbuye wo mu murenge wa Muhoza, akarere ka Musanze, avuga umusore wamuteye inda yahise ashaka undi mugore, agiye kuri RIB bamusubiza ko yujuje...
Bamwe mu bagize imiryango y’Abahejwe Inyuma n’Amateka, batujwe mu mudugudu wa Nyambaragasa, Akagali ka Ntwali, Umurenge wa Munini mu Karere ka Nyaruguru bavuga ko batishimiye uburyo amazu yabo...
Mu mudugudu wa Kabyaza mu karere ka Nyabihu, abana 7 mu ngo 200 batewe inda, barimo Uwineza( izina yahawe), wabyaye afite imyaka 14. Ubuyobozi buvuga ko bubasabira inkunga y’ibiribwa, ngo...
Mu murenge wa Byimana hari umukobwa wabuze epfo na ruguru nyuma yo guterwa inda n’umugabo wa nyina. Byaramugoye kubivuga yanga kwirukanwa na nyirurugo no kwiteranya na nyina; birangira...