Mu mudugudu wa Kabyaza mu karere ka Nyabihu, abana 7 mu ngo 200 batewe inda, barimo Uwineza( izina yahawe), wabyaye afite imyaka 14. Ubuyobozi buvuga ko bubasabira inkunga y’ibiribwa, ngo...
Mu murenge wa Byimana hari umukobwa wabuze epfo na ruguru nyuma yo guterwa inda n’umugabo wa nyina. Byaramugoye kubivuga yanga kwirukanwa na nyirurugo no kwiteranya na nyina; birangira...
Uwitwa NIZEYIMANA Jean Pierre yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa KAVUTSE Jean Pierre
mu bitabo by’irangamimerere.
Impamvu atanga zituma asaba guhindura amazina akaba...