skol
fortebet

Espoir yatsindiye Rayon Sports i Rusizi [AMAFOTO]

Yanditswe: Sunday 25, Jun 2017

Sponsored Ad

Ikipe ya Espoir yatsinze ikipe Rayon Sports ibitego 2-0 biyongerera amahirwe yo kuzagera ku mukino wa nyuma w’ igikombe cy’ amahoro.
Ibi bitego byatsinzwe na Walusambo Moninga na Bakundukize Adolphe. Ibi bitego byombi bikaza byinjiye mu gice cya mbere cy’ umukiko.
Ikipe ya Rayon Sports yakinnye uyu mukino ifite ibibazo by’ abakinnyi dore ko yagiye gukina uyu mukino yitwaje abakinnyi 15 kandi ikipe yemerewe kwitwaza abakinnyi 18.
Igice cya mbere nicyo cyagoye cyane ikipe ya Rayon Sports kuko (...)

Sponsored Ad

Ikipe ya Espoir yatsinze ikipe Rayon Sports ibitego 2-0 biyongerera amahirwe yo kuzagera ku mukino wa nyuma w’ igikombe cy’ amahoro.

Ibi bitego byatsinzwe na Walusambo Moninga na Bakundukize Adolphe. Ibi bitego byombi bikaza byinjiye mu gice cya mbere cy’ umukiko.

Ikipe ya Rayon Sports yakinnye uyu mukino ifite ibibazo by’ abakinnyi dore ko yagiye gukina uyu mukino yitwaje abakinnyi 15 kandi ikipe yemerewe kwitwaza abakinnyi 18.

Igice cya mbere nicyo cyagoye cyane ikipe ya Rayon Sports kuko itabashije guhagarika ubusatirizi bw’ ikipe ya Espoir.






Ibitekerezo

  • None c ko muvuze ngo Espoir ibonye ticket ya Final nta retour izabaho?
    Rayon sport yagombaga gutsindwa

    reyo irambabaje

    Andika Igitekerezo Hano reyo nireke inzitwazo 11 se ntibari buzuye ?

    Ubuse koko iyi ni ikipe champion koko bakoreye ibi bintu ,ese ubundi abakinnyi yasize baruta abo yajyanye nabahe ikipe yarimo :pierro,meya,nova,eric mwayishinja iki ahubwo yo yagiye yizeye insinzi amahirwe masa mu mukino wa retur

    BIRASHIMISHIJE KBS BAYIHAGARITSE NIBYIZA RUSIZI NIKOSORA

    Oya ntiragera final

    Kosora umutwe w’inkuru:: Wenda uvuge uti biyongerera amshirwe..... Naho ubundi inkuru yawe wayibihije

    Mbega byizaaa gasenyiiii APR yabarekeye igikombe mwigira ikipe ikomeye none Espoir ibatekesheje ibishyimbo kuko muri gasenyi ubwo bwa burozi bwanyu nabapfumu banyu naba rwarutabura bahamba andi makipe ku manywa yihangu mwihangane namwe akebo kajya iwa mugarura Kiyovu aho izagarukira izongera ibagire umugore nkuko yigeze kubikora hafi imyaka 15 hahhhhhh gasenyi bouuuuuuuuu

    ahhhhhhhh yasize abakinyi cg bayibye? gasenyi rwose kuva washigwa ntujyutsindwa barakwiba cg abakinyi bakicindisha.
    🙆🙆🙆😂😂

    "Ikipe ya Espoir yatsinze ikipe Rayon Sports ibitego 2-0 biyihesha itike yo kugera ku mukino wa nyuma w’ igikombe cy’ amahoro."

    uyu munyamakuru ajye abanza asubiremo ibyo agiye kwandika. ntago umukino wo kwishyura uraba kandi niwo uzagaragaza ikipe izagera ku mukino wanyuma

    Savio na Thierry barahemukira ikipe yabo nabo batiretse. Iyo ugifite amasezerano ugomba gukinira ikipe yawe. Professionalism please!

    Ariko murasoma cyangwa musoma ibyo mutekereza?Who uyu munyamakuru yibeshye ni he?Jye umutwe w’inkuru mbona ubanza atariwo musoma.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa