skol
fortebet

Muhire Kevin nawe yashyizwe ku karubanda yambaye ubusa buri buri

Yanditswe: Wednesday 17, Apr 2019

Sponsored Ad

Nyuma y’umunyezamu Kimenyi Yves wa APR FC, Muhire Kevin wahoze akinira Rayon Sports nawe abantu bataramenyekana bashyize hanze amafoto ye yambaye ubusa buri buri,igitsina cye kigaragara.

Sponsored Ad

Uyu musore usigaye akina mu Misiri mu ikipe ya El Dakhleya Sporting Club,akurikiye Kimenyi Yves nawe washyizwe ku karubanda n’abantu bataramenyekana bavuze ko biteguye gushyira hanze abakinnyi benshi b’Abanyarwanda bagiye baganira n’abakobwa bambaye ubusa kuri Skype.

Uyu mukinnyi wavutse tariki 17 Ukwakira 1998,nawe yagaragaye mu mafoto yambaye ubusa ari gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyamba, ndetse biravugwa ko abafite amashusho y’aba bakinnyi baragenda bayashyira hanze buhoro buhoro.

Abantu bashyira hanze aya mafoto n’amashusho y’abakinnyi b’umupira w’amaguru b’Abanyarwanda,bavuga ko bashaka guca ubuhehesi bwabo.

Uyu musore ukiri muto yafotowe yambaye ubusa ndetse afashe igitsina cye,mu mafoto n’amashusho byashyizwe hanze.

Ku wa mbere wiki cyumweru nibwo ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwijwe amashusho agaragaza ubwambure bwa Kimenyi Yves usanzwe ari umunyezamu wa APR FC aho bivugwa ko aya mashusho yayahaga umukobwa barimo baganirira kuri Skype akamusaba ko yamwereka igitsina cye.



Muhire Kevin nawe yashyizwe ku karubanda yambaye ubusa

Ibitekerezo

  • Abifotora bambaye ubusa cg bagafotorwa n’abakunzi babo barangiza bakabika ayo mafoto akabo kashobotse pe! Mbega akumiro!mbabajwe n’abana birirwa bareba ibidafite cumi na kabiri!

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa