skol
fortebet

U Rwanda rwiteguye gutanga ubusabe bwa nyuma bwo kwakira igikombe cy’isi cy’abatarengeje imyaka 17 cya 2019

Yanditswe: Monday 21, Aug 2017

Sponsored Ad

Amakuru dukesha ikinyamakuru BBC aravuga ko ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA rigiye gutanga ubusabe bwa nyuma bwo kwakira igikombe cy’isi cya 2019.
Mu kiganiro umuyobozi wa FERWAFA Nzamwita Vincent yagiranye na BBC yavuze ko u Rwanda rwujuje ibisabwa kugira ngo rwakire iki gikombe ndetse biteguye gutanga ibyangombwa bya nyuma kuri uyu wa gatanu Taliki ya 25 Kanama 2017.
Yagize ati “Twabwiye FIFA ko twifuza kwakira iri rushanwa ndetse baduha impapuro zuzurizwaho (...)

Sponsored Ad

Amakuru dukesha ikinyamakuru BBC aravuga ko ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA rigiye gutanga ubusabe bwa nyuma bwo kwakira igikombe cy’isi cya 2019.

Mu kiganiro umuyobozi wa FERWAFA Nzamwita Vincent yagiranye na BBC yavuze ko u Rwanda rwujuje ibisabwa kugira ngo rwakire iki gikombe ndetse biteguye gutanga ibyangombwa bya nyuma kuri uyu wa gatanu Taliki ya 25 Kanama 2017.

Yagize ati “Twabwiye FIFA ko twifuza kwakira iri rushanwa ndetse baduha impapuro zuzurizwaho ubusabe.Tugomba gutanga ubusabe bwacu ku italiki ya 25 Kanama 2017 nyuma dutangire kwitegura gukora ibijyanye nabwo."

Uyu muyobozi yabwiye BBC ko kwakira igikombe cy’isi cy’abatarengeje imyaka 17 ari ishema haba ku Rwanda ku karere ndetse no ku mugabane w’Afurika muri rusange.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa