skol
fortebet

Abakobwa bahanganiye ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda na Mwiseneza Josiane bavuze ikidasanzwe arusha abandi ndetse banavuga uburyo bamushyigikiye

Yanditswe: Thursday 10, Jan 2019

Sponsored Ad

skol

Mu gihe hasigaye iminsi mike ngo berekeze muri Boot camp, abakobwa 20 basigaye mu irushanwa rya Miss Rwanda 2019 bakomeje kugenda bakora ama interview hirya no hino ku ma radio ndetse n’ibindi bitangazamakuru bya hano mu Rwanda.

Sponsored Ad

Ku munsi w’ejo hashize tariki 9 ubwo uwitwa Sangwa Odile na Igihozo Darine baganiraga na Isango Star bakaba barabajijwe uretse bo undi mukobwa babona akwiye ikamba rya Miss Rwanda 2019, nuko bombi basubiza Josiane ndetse banahishura n’ukuntu babona ari umukobwa wikitegerezo bitwe n’uburo ngo babona yifitiye ikizere.

Odile abajijwe yasubije agir’ati "Josiane azaritware " bamubajije impamvu Josiane asubiza atya "Kubera ko yaba arikwiye",umunyamakuru amubajije icyo ashingiraho avuga ko ariwe urikwiye,yasubije ko impamvu uburyo yigiriye icyizere bitangaje cyane,Ati "Uburyo yigiriye icyizere biratangaje cyane",aha umunyamakuru yahise amusubiza ko n’abandi bacyigiriye Odile avuga ko Josiane we yacyigiriye mu buryo budasanzwe.

Mu gusoza umunyamakuru yabajije n’undi mukobwa mugenzi we bahataniye iri kamba ufite amazina ya Igihozo Darine nawe uwo yaba aha amahirwe yo kwegukana ikamba rya Miss Rwanda 2019 nawe yunga mu rya Sangwa Odile,aho umunyamakuru yamubajije niba nawe ashyigikiye Josiane amusubiza mu ijambo rimwe ati "Cyanee",ndetse yemeza ko nawe aramutse ategukanye iri Kamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2019 ari Mwiseneza Josiane abona waryegukana.

Ibitekerezo

  • Ndashigikiye mwiseneza josiane kuko arabikwiye tumubona keshi kumbuga turamushigikiye cane

    ababakobwa babana na Josiane hamwe,bareba uko yitwara umwanya kuwundi,bamaze kumumenya,urabonako bamazekubona ko afite qualite zikomeye,ndetse ko babonako ikamba ariwe urikwiye.nyamara ba juge uyumwana wumukobwa Josiane ntimuzamuriganye ikamba rye,niba haruwo mwarimwararyemereye muzarimuhe umwaka utaha ariko iryuyumwaka muryambike urikwiye Josiane.burya mu ishuri iyo abanyeshuri biga baba bazi abahanga bafite baba bazi ndetse nuzaba uwambere icyo baba batazi ni amanota aba azagira,rero Josiane ikamba ararikwiye natwe turabishyigikiye

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa