skol
fortebet

Abantu batunguwe n’ingano y’igitsina cya Diamond [IFOTO]

Yanditswe: Saturday 01, Dec 2018

Sponsored Ad

skol

Diamond yafotowe igitsina cye cyafashe umurego mu buryo budasanzwe.

Sponsored Ad

Kuri uyu wa 29 Ugushyingo 2018 ,nibwo Diamond n’itsinda ry’abahanzi bo muri Wasafi barimo mushiki Queen Darleen, Harmonize berekeje muri Kenya aho bari bafiteyo igitaramo kiswe Wasafi Festival.

Ubwo bageraga ahabereye igitaram byabaye ngombwa ko bafata udufoto tw’urwibutso gusa mu kuyafata bamwe batunguwe no kubona uyu muhanzi igitsina cye cyafashe umurego.

Ikinyamakuru Ghafla cyo muri Kenya gitangaza ko iki gitsina cya Diamond kitwaye nabi arimo gufotorwa, aho bakoresheje irindi zina ry’akabyiniriro, bakise rya “Mjulubeng”.

Hatitawe ku ngano y’igitsina cy’uyu musore, asanzwe azwiho gukunda abagore, dore ko ubwo yari i Kigali yabigarutseho avuga ko nta mugabo udakunda abagore, ahubwo ko we avugwa cyane bitewe n’uko ari icyamamare.

Diamond umaze kubyara abana 3 ku bagore batandukanye yavuzwe mu rukundo n’abakobwa batandukanye gusa bose bikaza kwemezwa n’amashusho yagiye ashyira hanze ,gusa kuri ubu biravugwa ari mu rukundo n’umunyamakuru witwa Tanasha ukora kuri radiyo ikomeye muri Kenya.

Ibitekerezo

  • Ntabwo ari we wenyine wamaze abakobwa b’abandi.Ni aba Stars bose.Imana yaduhaye sex kugirango tuyihe umuntu umwe gusa tuzabana binyuze mu mategeko.Millions and millions z’abantu basambana,ntabwo bemera ko ari icyaha kizatuma batabona ubuzima bw’iteka muli paradizo dutegereje.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka muli Paradizo kandi ntuzazuke ku Munsi w’Imperuka.Nukugira ibitekerezo bigufi cyane.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa