skol
fortebet

Ali Kiba yashyize hanze umurundo w’amafoto y’umwana we abafana bemeza ko ari umu-Metisi[AMAFOTO]

Yanditswe: Wednesday 27, May 2020

Sponsored Ad

skol

Abafana b’umuhanzi Aki Kiba batangariye ubwiza bw’umwana we ndetse bashaka ikigereranyo by’ubwiza bwe basanga asa n’abana baba bavutse hagati ‘umwirabura n’umuzungu abantu bazi n’abametisi hano mu gihugu cyacu cy’u Rwanda.

Sponsored Ad

Ni umwana wa kane wa Ali Kiba ariko akaba n’imfura ya Amina Khalef bamubyaranye, gusa ntabwo bakibana kuko Khalef we aba muri Kenya naho Aki Kiba we akomeje akazi k’umuziki mu gihe uwamubyariye umwana yasubiye iwabo mu rugo mu gihugu cya Kenya, ndetse umwaka ushize wa 2019 byavuzwe Ali Kiba ashaka ko bakongera gusubirana ariko ntibyakunda.

Hari amafoto yashyizwe hanze amwe umwana wa Ali Kiba ari wenyine andi umwana ari wenyine gusa yakiriwe neza n’abafana b’uyu muryango,








Ibitekerezo

  • Gutandukana n’uwo mwashakanye bireze.Nyamara Imana yaturemye,yifuza ko abashakanye baba "umubiri umwe".Bamera nk’umucanga na sima bivanze,ntawe ushobora kubitandukanya.Bisobanura ko Imana itemera abatandukana,abacana inyuma n’abashaka abagore benshi (polygamy).Amadini yigisha ko Imana ibemerera gushaka abagore benshi,nukuyibeshyera.Yesu yasobanuye yuko impamvu Imana yihanganiraga Abayahudi bagashaka abandi bagore,ngo nuko bari barayinaniye.Hanyuma asaba abakristu nyakuri gushaka umugore umwe gusa.Asobanura ko kubirengaho ari ubusambanyi.Tuge twibuka ko abantu bose bakora ibyo Imana itubuza izabarimbura ku munsi wa nyuma.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa