skol
fortebet

Bugingo Eric umuhanzi wo mu itorero rya ADEPR yashyize hanze indirimbo nshya yise ’Ari Hejuru’

Yanditswe: Tuesday 13, Nov 2018

Sponsored Ad

skol

Umuhanzi nyarwanda mushya mu ndirimbo zaririmbiwe Imana wo mu itorero rya ADEPR witwa Bugingo Eric yashyize hanze indirimbo ye ya mbere.

Sponsored Ad

Bugingo Eric aganira na UMURYANGO yatubwiye ko ari umukirisitu wo mu Itorero rya ADEPR Nyarugenge ari naho yabatirijwe mu mazi menshi mu mwaka wa 2010.Indirimbo ye ya mbere yise ’Ari Hejuru’ ngo aho yashakaga kumvikanisha uburyo Imana ariyo ya mbere ikanikurikira iri hejuru ya byose.

Bugingo Eric umuhanzi mushya muri Gospel

Bugingo Eric ni umusore ukiri ingaragu ufite imyaka 28 y’amavuko akaba amaze gukora indirimbo imwe ndetse avuga ko akomeje ubuhanzi atambutsa ubutumwa bwiza mu bihangano bye.

UMVA INDIRIMBO YA BUGINGO ERIC:

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa