skol
fortebet

Diamond yatangiye gufasha ya miryango 500 yagizweho ingaruka na Coronavirus yemereye kwishyurira amafaranga y’ubukode n’ibyo kurya[AMAFOTO]

Yanditswe: Friday 08, May 2020

Sponsored Ad

skol

Umuhanzi wo mugihugu cya Tanzania, Diamond Platnumz, yatangiye gutanga ubufasha ku miryango irenga 500 yemeye gufasha mu minsi ishize ubwo yari mukiganiro kuri Radio ye ya Wasafi FM.

Sponsored Ad

Diamond ubwo yari mukiganiro kuri iyi Radio yabajwijwe icyo ari gufasha, abantu bagizweho ingaruka n’icyorezo cya Coronavirus muri Tanzania, icyogihe uyu mugabo yahise avugako azafasha imiryango igera kuri 500, akabishyurira ubukode bw’amazu ndetse nibyo kurya by’amezi atatu muri ibi bihe abantu benshi batari gukora.

Kuri uyu wa mbere taliki 4 Gicurasi 2020, nibwo Diamond yatanze ubufasha yari yaremereye abaturage batishoboye muri Tanzania.

Diamond yahereye kumiryango ikennye kurusha indi, irimo abapfakazi 57, abana birera ndetse n’abafite ubumuga.

Buri wese yahawe ibahasha irimo amafaranga y’ubukode bw’inzu ndetse nibyo kurya bishobora kubamaza amezi atatu.



Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa