skol
fortebet

Hahishuwe uburyo nyakwigendera Brenda Fassie yatumye umugabo arangiza inshuro 85 mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina

Yanditswe: Friday 03, Jul 2020

featured-image

Sponsored Ad

skol

Icyamamarekazi muri muzika Brenda Fassie, ukomoka muri Afurika yepfo, yigaragaje nk’umuhanga mu mibonano mpuzabitsina nyuma yo gutangaza ko yigeze gutuma umugabo asohora inshuro nyinshi zishoboka.

Sponsored Ad

Muri videwo y’amasegonda 30, Brenda Fassie yamamaye ku mpande zose z’imbuga nkoranyambaga anasiga benshi mu rurondogoro nyuma y’uko aka ka videwo yafashe kagiye hanze,

Yakomeje avuga ko yagize ibihe byiza yagiriye mu buriri hamwe n’umugabo umwe wifuzaga ko isi yamenya ko yigeze kuryamana n’icyamamare, yongeraho ko uyu mugabo atatangaje amazina yishimiye uburyo yamufashe mu buriri, kandi ko yashoboye kurangiza inshuro 85. Ati:

Ntabwo mvuze ko ndusha abandi, ariko ntekereza ko nshobora kubikora, ndashyushye cyane, abagabo bamwe bararira kuko ndirimba, ndirimba iyo dukora imibonano, ndabaririmbira, ari nabwo umusore umwe yambwiraga ati njye ‘Yoo nifuza ko isi yose yabona ko ndi kurongora Brenda Fassie, aribwo namubwiraga nti nzabwira isi, ntugire ubwoba. Na we ati: uzabikora? Icyo gihe yarangije inshuro 85!

Urebye iyi videwo yagumye mu bwihisho kuva icyo gihe na nyuma yo gupfa kwa Brenda Fassie kugeza ubu. Nyamara, abagabo benshi ku mbuga nkoranyambaga bashidikanyije ku magambo yavuzwe na Brenda Fassie avuga ko ashobora gutuma umugabo arangiza inshuro 85 mu gihe bari gukorana imibonano mpuzabitsina, aho umwe yagize ati:

Ndashidikanya rwose kuri aya magambo ya Brenda Fassie, ni gute aba basore babishobora, sinigeze numva ibintu nk’byo, ndetse no muri filime y’urukozasoni, nta muntu numwe ushobora kugera kuri urwo rwego n’ubwo umugore yaba aryoshye gute, basore ibi ntibishoboka, ariko kubera ko tutari duhari ntitugomba guca imanza, birashoboka ko byabaye.

Hano hepfo ni videwo ya nyakwigendera Brenda Fassie avuga ko yatumye umugabo arangiza inshuro 85 mu yimibonano mpuzabitsina bagiranye.

Ibitekerezo

  • Video
    Hkywwhkfdjre

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa