skol
fortebet

Huddah Monroe yavuze uburyo adashobora kubaho nta gitsina cy’umugabo abona

Yanditswe: Monday 16, Mar 2020

Sponsored Ad

skol

Huddah Monroe n’umwe mubagore batavugwaho rumwe Kenya yigeze ibona. Uyu mukobwa w’icyamamare ntatinya gutobora akivugira ibyo yishakiye andi akunda nubwo bimusaba gukomana inkokora n’abanya Kenya kenshi na kenshi batavuga rumwe nawe.

Sponsored Ad

Kugeza ubu benshi bibaza ibyo ahugiyemo, kuko nta na rimwe bigeze bamwumva ari kumwe n’umukunzi wa nyawe usibye kuryamana n’abagabo batandukanye umunsi ku munsi nkuko nawe ubwe yakunze kubyivugira no kubigirami inama abandi bakobwa nkawe..

Ariko kuri ubu, mu gusubiza abamukurikira, yerekanye inkuru ishimishije kuri we ko atigeze aba umuseribateri, ni nyuma yuko umufana amubajije ashaka kumenya niba ari we n’impamvu yatuma aba we.

Mu kumusubiza,.Huddah Monroe yavuze ko bitashoboka, aho yagize ati:“Ntabwo nigeze mba ingaragu, sinshobora kubaho nta myumbati.”

Miss Monroe yari yabajije abakunzi be n’abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga be icyo bazamubaza baramutse bahuriye mu muhanda, avuga ko kuri we, ya kwireba wenyine. Ati:“Uramutse umbonye duhuye ku nshuro ya mbere wambaza iki? Gusa ku bwanjye nakwireba ntakubeshye.”

Ibi bikaba aribyo byatumye abazwa ikibazo cyo kumenya niba ari umuseribateri kandi niba ari yego, noneho kuki? Mu gusubisa yasetsee cyane ati:“Hahaah! Babe ntabwo ndi ingaragu. Ntukigere uba umuseribateri. Sinshobora kubaho nta d! * K (imboro) mu buzima bwanjye.”

Undi mu bamukurikira witwa Manze Kinyanjui, yateyemo avuga ko uyu mukobwa agomba gushaka abo baryamana kuko ari umukene, ati:“Koresha uko ushoboye ubone uwo muryamana kuko gukena ari ukuri kuri wowe.”

Huddah yamushubije avuga ko kumwifuriza gukena ari we bizagwirira (Kinyanjui), amubwira ko we ubwe ari umwe mubagore bake “bakurura abahabo”, kandi ko yabirahirira ko abadamu benshi (cyane cyane umwaka ushize!) bari abaseribateri cyane muriyi Valentine ishize.

Uyu we yarangije avuga ko atekereza ko Huddah Monroe akwiye gutangira amasomo yamwigisha kumenya aho yakura abagabo n’uburyo bwo kubakomeza, kuko bitangaje kubona atarigeze abona uyu mukobwa hamwe numukunzi wa nyawe.

Ibitekerezo

  • Imana yemerera gusa imibonano mpuza-bitsina abantu bashakanye mu buryo bwemewe n’amategeko.
    Ariko ikatubuza ubusambanyi.Nubwo abantu miliyoni na miliyoni baryamana batarashakanye mu rwego rwo kwishimisha,Imana yaturemye irabitubuza.Itwemerera kuryamana n’umuntu umwe gusa tuzabana binyuze mu mategeko.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma bikazakubuza ubuzima bw’iteka muli Paradizo kandi ntuzazuke ku Munsi w’Imperuka.Nukugira ibitekerezo bigufi cyane.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa